Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko umwanzuro ku rubanza rwa Titi Brown uzasomwa ku itariki ya 10 Ugushyingo 2023, Nyuma y’izindi nshuro zisaga 6 zose rusubikwa. Titi Brown umaze igihe mu rubanza... Read more »
Umubyinnyi Titi Brown umaze igihe mu rubanza rwabuze gica yongeye kwitaba Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, ku kuburana ku cyaha cyo gusambanya umwana utaruzuza imyaka y’ubukure. Ni urubanza rumaze gusubikwa inshuro 6 ku... Read more »
Rayon Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha umukinnyi mushya uzanaba Kapiteni wayo mushya, mu mwaka w’imikino 2023/24 wa shampiyona yu Rwanda. Umukinnyi Rayon Sports yasinyishije ni Muhire Kevin wahoze ari umwana w’Iyi kipe,... Read more »
Kigali ni umwe mu mijyi ufite imodoka nyinshi cyane kandi usurwa na benshi baturutse hanze y’u Rwanda, ibinyabiziga bigenda mu mujyi buri munsi hamwe ari nako Polisi ishinzwe umutekano wo mu muhanda... Read more »
Police y’ igihugu cy ’u Rwanda cyibukije abafite utubari mu Mujyi wa Kigali, Abamansuzi n’abandi bakora akazi kajyanye n’imyidagaduro kubahiriza amabwiriza agenga amasaha mashya yashyizweho yo gufunga utubari. Ni amabwiriza yashyizweho mu... Read more »
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza mu Rwanda, RIB, cyataye muri yombi umunyamakuru Manirakiza Theogene washinze ikinyamakuru Ukwezi akanagira umuyoboro wa YouTube witwa Ukwezi TV. aho akurikiranyweho ruswa Uyu Manirakiza watangije ikinyamakuru gikorera kuri... Read more »
Mu kagari ka Kayonza, Umurenge wa Mukarange, Nsengimana Gapira w’imyaka 22 yafashwe ari kubaga imbwa aho bivugwa ko yotsaga brouchette akazigurisha kuri make. Kuri uyu wa gatatu tariki ya 11 Ukwakira 2023,... Read more »
Floyd Mayweather icyamamare mu mukino w’iteramakofe yohereje indege ye muri Israël yuzuyemo ubufasha bw’ibyo kurya, amazi, amakote adatoborwa n’amasasu, n’ibindi bitandukanye byo gufasha abari mu bikorwa by’ubutabazi n’abasirikare bari ku rugamba. Ibi... Read more »
Umuhanzi Kitoko usigaye atuye mu gabane w’uburayi, Wari warabuze mu muziki yaciye amarenga yo kugaruka nyuma yo gusoza ibyamuzitiraga muri izo gahunda zijyanye no gukora ibihangano bye. BIBARWA Patrick wamamaye nka Kitoko... Read more »
Umubiligi Eden Hazard wabaye umwataka mwiza wa Real Madrid, Chelsea yo mu bwongereza n’izindi yahisemo kudasaza yanduranya maze amanika inkweto ye yakinanaga mu kibuga ahagarika umupira w’amaguru ku myaka 32 y’amavuko. Uwahoze... Read more »