Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko umwanzuro ku rubanza rwa Titi Brown, uzasomwa kuwa 10 Ugushyingo 2023.

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko umwanzuro ku rubanza rwa Titi Brown uzasomwa ku itariki ya 10 Ugushyingo 2023, Nyuma y’izindi nshuro zisaga 6 zose rusubikwa. Titi Brown umaze igihe mu rubanza... Read more »

Umubyinnyi Titi Brown yongeye kwitaba Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge.

Umubyinnyi Titi Brown umaze igihe mu rubanza rwabuze gica yongeye kwitaba Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, ku kuburana ku cyaha cyo gusambanya umwana utaruzuza imyaka y’ubukure. Ni urubanza rumaze gusubikwa inshuro 6 ku... Read more »

Rayon Sports igaruye Muhire Kevin.

Rayon Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha umukinnyi mushya uzanaba Kapiteni wayo mushya, mu mwaka w’imikino 2023/24 wa shampiyona yu Rwanda. Umukinnyi Rayon Sports yasinyishije ni Muhire Kevin wahoze ari umwana w’Iyi kipe,... Read more »

Ibintu 7 byo kuzingatira uguca ukubiri n’amande yo mu mihanda ya Kigali, Igihe utwaye.

Kigali ni umwe mu mijyi ufite imodoka nyinshi cyane kandi usurwa na benshi baturutse hanze y’u Rwanda, ibinyabiziga bigenda mu mujyi buri munsi hamwe ari nako Polisi ishinzwe umutekano wo mu muhanda... Read more »

Polisi y’u Rwanda iraburira abafite utubari, batubahiriza amasaha mashya yo gufunga.

Police y’ igihugu cy ’u Rwanda cyibukije abafite utubari mu Mujyi wa Kigali, Abamansuzi n’abandi bakora akazi kajyanye n’imyidagaduro kubahiriza amabwiriza agenga amasaha mashya yashyizweho yo gufunga utubari. Ni amabwiriza yashyizweho mu... Read more »

RIB yataye muri Yombi umunyamakuru Manirakiza Theogene wa Ukwezi, akurikiranweho ruswa.

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza mu Rwanda, RIB, cyataye muri yombi umunyamakuru Manirakiza Theogene washinze ikinyamakuru Ukwezi akanagira umuyoboro wa YouTube witwa Ukwezi TV. aho akurikiranyweho ruswa Uyu Manirakiza watangije ikinyamakuru gikorera kuri... Read more »

Kayonza: Yatawe muri yombi, Nyuma yo gufatwa abaga imbwa akazikoramo Brouchette acuruza.

Mu kagari ka Kayonza, Umurenge wa Mukarange, Nsengimana Gapira w’imyaka 22 yafashwe ari kubaga imbwa aho bivugwa ko yotsaga brouchette akazigurisha kuri make. Kuri uyu wa gatatu tariki ya 11 Ukwakira 2023,... Read more »

Floyd Mayweather yohereje indege muri Islael itwaye ubufasha.

Floyd Mayweather icyamamare mu mukino w’iteramakofe yohereje indege ye muri Israël yuzuyemo ubufasha bw’ibyo kurya, amazi, amakote adatoborwa n’amasasu, n’ibindi bitandukanye byo gufasha abari mu bikorwa by’ubutabazi n’abasirikare bari ku rugamba. Ibi... Read more »

Nyuma y’imyaka isaga 4, Kitoko yongeye kwataka mu muziki n’amacenga menshi.

Umuhanzi Kitoko usigaye atuye mu gabane w’uburayi, Wari warabuze mu muziki yaciye amarenga yo kugaruka nyuma yo gusoza ibyamuzitiraga muri izo gahunda zijyanye no gukora ibihangano bye. BIBARWA Patrick wamamaye nka Kitoko... Read more »

Eden Hazard yasezeye burundu kuri Ruhago ku myaka 32.

Umubiligi Eden Hazard wabaye umwataka mwiza wa Real Madrid, Chelsea yo mu bwongereza n’izindi yahisemo kudasaza yanduranya maze amanika inkweto ye yakinanaga mu kibuga ahagarika umupira w’amaguru ku myaka 32 y’amavuko. Uwahoze... Read more »