Mu mafoto: Reba Abakobwa 10 beza kurusha abandi muri Cinema Nyarwanda, buri mugabo wese yifuza kuryamana nabo.

Uruganda rwa Cinema ni igisata kigize ikmyidagaduro yo mu Rwanda ndetse akaba ari uruganda rugwije abakobwa benshi b’uburanga cyane dore ko n’umubare munini w’abasore ubyemeza. Kimwe n’ibindi bihugu byahoze kandi bikiri mu... Read more »

Isimbi Yvonne yiyamye Abagabo bamwohereza ubwambure bwabo bagamije ko abaha umwanya.

Umunyarwandakazi Isimbi Noelline wari mu bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2019, nyuma akaza kuvugwa cyane ku mbuga nkorambaga kubera amafoto yagaragazaga ubwambure bwe. Nyuma yaje gutangaza ko akora filime z’urukozasoni (porno), kuri... Read more »

Abanyarwandakazi bakomeje umurego wo gukina Pornographie nyuma ya Isimbi ubu hagezweho Liz Ferrari ( Reba video ze)

Nubwo atari izina rizwi cyane mu Rwanda, si rishya mu isi y’imyidagaduro by’umwihariko mu bucuruzi bw’amashusho y’urukozasoni kuri Internet. Niko kazi kamutunze, nyuma yo guhagarika umwuga w’ubuvuzi yakoraga. Uwo nta wundi ni... Read more »

“Ibihangano birimo Jay Polly si ibyo gukinisha”, Udukoryo twabaye mu gitaramo Green P yaririmbyemo. {Amafoto}

Umuraperi Green P wari ukumbuwe na benshi mu bakunzi be n’abinjyana ya Hip Hop muri rusange yaraye yongeye kwerekana ko ibyo akora ari impano imurimo ijana ku rindi. Uyu musore wari utegerejwe... Read more »

Yambariwe n’ibyamamare bitandukanye, Kimenyi Yves yasabye anakwa Miss Muyango Claudine. {Amafoto}

Umukinnyi wa AS Kigali, Kimenyi Yves yasabye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 6 Mutarama 2024, Yasabye anakwa Uwase Muyango Claudine mu muhango uri kubera mu Karere ka Gasabo mu murenge Gisozi... Read more »

Yago yatunguye ababyeyi be abaha impano y’ifoto y’umukuru w’Igihugu, mu gitaramo “SUWEJO Album Launch”

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Yago PonDat yatunguye benshi cyane mu gitaramo cye cyo kumurika Alubumu ye ya mbere “Suwejo” byumwihariko ku mpano yateguriye ababyeyi be ifite igisobanuro gihambaye. Kuri uyu wa gatanu tariki... Read more »

Yago PonDat atanze ikibonezamvugo n’umukoro kuri Chris Eazy n’abajyanama be. {Video}

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Yago PonDat yatunguye benshi cyane mu gitaramo cye cyo kumurika Alubumu ye ya mbere “Suwejo” byumwihariko ku mpano yateguriye ababyeyi be ifite igisobanuro gihambaye. Kuri uyu wa gatanu tariki... Read more »

Skol yatanze inkunga ihambaye y’ibikoresho bya Siporo muri Ferwacy. (Amafoto)

Uruganda rwa SKOL Brewery Ltd rusanzwe ari umuterankunga mukuru wa Rayon Sports yo mu kiciro cya mbere muri Shampiyona y’ U Rwanda rwahaye impano zikomeye ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda Ferwacy. Iki... Read more »

Stade Amahoro igeze mu isozwa {Amafoto}.

Uburanga bwa Stade Amahoro imaze igihe iri gutunganywa buteye amabengeza kuri buri wese uyibonye, Amakuru meza ku banyarwanda bose bazayifashisha mu bijyanye n’imyidagaduro yose. Kugeza ubu Stade Amahoro imaze igihe kinini Minisiteri... Read more »

nyuma y’umwaka nta ndirimbo, The Ben yashyize hanze indirimbo “Ni Forever” igaragaramo umugore we.

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben mu muziki nyarwanda abaye umwe mu bahanzi bahiriwe cyane n’impera z’umwaka wa 2023 ndetse yongera gushimangira ko ari umuhanzi w’abanyarwanda cyane kurusha uko ari uw’ibikorwa.... Read more »