Young CK yasezeweho bwa nyuma aranashyingurwa {Amafoto}

Umuhanzi w’umunyarwanda Young CK wakoreraga umuziki we mu gihugu cya Canada, uherutse kwitaba Imana yasezeweho bwa nyuma aranashyingurwa. Kuri iki Cyumweru, ku wa 15 Ukwakira 2023, Umuraperi Young CK yasezeweho bwa nyuma... Read more »

Imanzi y’umugabo w’imyaka 71 yamaze imyaka 55 yihisha abagore, yubaka uruzitiro runini ruzengurutse urugo rwe.

Umugabo wakomeje kuba imanzi kugeza afite imyaka 71 yabashije kwikingira, Azitira urugo rwe imyaka isaga 55 kugirango yirinde abagore adatakaza ubumanzi bwe hakiri kare. Callitxe Nzamwita yubatse uruzitiro rwa metero 15 ruzengurutse... Read more »

Akari ku mutima wa The Ben, mbere y’Ubukwe bwe yatangarije amatariki n’aho buzabera.

Umuhanzi The Ben yagaragaje ibyiyumvo bye ku mugore we Uwicyeza Pamella, Mbere y’ubukwe bwabo, ndetse anashimira cyane abababa hafi buri munsi, Nyuma yo gutangaza amatariki yabwo n’aho buzabera. The Ben yatangaje ko... Read more »

Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid, Yakatiwe igifungo cy’imyaka 5 n’ihazabu ya miliyoni 2.

Urukiko Rukuru rwakatiye Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid igifungo cy’imyaka itanu rumuhamije ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no gusaba cyangwa gukora ishimishamubiri rishingiye ku gitsina, runategeka ko azishyura... Read more »

Uganda: Mike Kayihura azaririmba mu gitaramo cya Azawi, cyo kumurika alubumu ye ya kabiri yise ‘Sankafo’

Umuhanzi wo mu Rwanda Mike Kayihura nk’umwe mu bafatanyabikorwa ba Azawi kuri alubumu ye ya kabiri, Azaririmba mu gitaramo cye cyo kumurika iyi alubumu muri Uganda. Nyuma yo kumurika alubumu ye ya... Read more »

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko umwanzuro ku rubanza rwa Titi Brown, uzasomwa kuwa 10 Ugushyingo 2023.

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko umwanzuro ku rubanza rwa Titi Brown uzasomwa ku itariki ya 10 Ugushyingo 2023, Nyuma y’izindi nshuro zisaga 6 zose rusubikwa. Titi Brown umaze igihe mu rubanza... Read more »

Umubyinnyi Titi Brown yongeye kwitaba Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge.

Umubyinnyi Titi Brown umaze igihe mu rubanza rwabuze gica yongeye kwitaba Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, ku kuburana ku cyaha cyo gusambanya umwana utaruzuza imyaka y’ubukure. Ni urubanza rumaze gusubikwa inshuro 6 ku... Read more »

Perezida Kagame, yaganiriye n’itsinda rya LG Corporation riyobowe Kwang Mo Koo ku ikoranabuhanga.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahuye n’itsinda rya LG Corporation riyobowe n’umuyobozi mukuru Kwang Mo Koo baganira ku bibazo bimwe na bimwe by’ubucuruzi bishingiye ku ikoranabuhanga. Iyi nama yabaye ku... Read more »

Rayon Sports igaruye Muhire Kevin.

Rayon Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha umukinnyi mushya uzanaba Kapiteni wayo mushya, mu mwaka w’imikino 2023/24 wa shampiyona yu Rwanda. Umukinnyi Rayon Sports yasinyishije ni Muhire Kevin wahoze ari umwana w’Iyi kipe,... Read more »

Igitekerezo cya Musa Esenu cyo kongera amasezerano na Rayon Sports.

Rutahizamu wa Rayon Sports, Musa Esenu yavuze ku byiyumviro bye muri Rayon Sports ndetse no kubyo kongera amasezerano, niba yakongerwa cyangwa se akayarangiza agakomereza ahandi. Uyu mukinnyi ukomoka muri Uganda agomba gusoza... Read more »