Birasobanutse burya cya Kirangirire kiba kikina gusa, cyariye umwana imitsi, Cyangwe byose abishyize hanze.

Papa Cyangwe ashashe inzobe ashyira ukuri kose hanze ku bibazo bye na Rocky Kimomo, wahoze amubereye Sebuja nyamara amurya imitsi gusa. Hari hashize imyaka itari munsi y’itatu umuraperi Abijuru  King Lewis wamamaye... Read more »

Wari uzi ko : Genzura neza urasanga imico yawe ihuye n’ubwoko bw’ikirenge cyawe.

Mu isi yose, Abazungu cyangwa Abirabura twese duhuje ibirenge, ibyobirenge byacu bigabanyijwe mu bwoko bune(4) tugendeye ku buryo amano atondetswe ku kirenge. Na none kandi ibirenge bishobora gushyirwa mu byiciro hagendewe kuri... Read more »

Riderman yatangaje bamwe mu baraperi, bazagaragara mu gitaramo “Icyumba cy’Amategeko” Album Launch.

Riderman na Bulldog bitegura kumurika album bahuriyemo “Icyumba cy’Amategeko”, batangiye gutangaza abahanzi bazabafasha gususurutsa abakunzi b’umuziki wa Hip hop bazacyitabira. Riderman yatangarije Isibo TV ko iki gitaramo cyahariwe umuziki wa Hip hop... Read more »

Ese koko gutwitira undi {Surrogacy} byaba byamaze kwemerwa mu Rwanda?

Uburyo bwo kuba umuntu yatwitira undi bizwi nka ’Surrogacy’ bwamamaye mu bihugu byateye imbere, bwifashishwa n’abagore bafite ibibazo bitandukanye bituma badashobora gusama cyangwa gutwita inda ngo umwana azashobore kuvuka ari muzima, ubu... Read more »

Ntiwari ubizi, Ariko bimenye, Akabariro gatewe mu gitondo cy’umuseso gafasha iki?

Gutera akabariro mu gitondo ku bantu bashakanye ni byiza cyane nk’uko byemejwe n’ubushakashatsi bwakorewe ahantu hatandukanye harimo na Kaminuza ya Harvard. Abantu benshi barahuga, yewe bamwe bakanakererwa akazi k’umunsi kubera icyayi cya... Read more »

Nyarugenge : Ikamyo yagonze umunyonzi, Umugenzi yari atwaye ahasiga ubuzima.

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 3 Kanama 2024, Nyabugogo habereye impanuka ikomeye yahitanye umugenzi umwe wari utwawe ku igare. Imodoka yo mu bwoko bwa Howo yavaga Gitikinyoni yerekeza Nyabugogo, igeze ku... Read more »

Mu muziki mwinshi, Dj Brianne, Bushali n’abandi batanze ibyishimo muri “Rayon Day”.

Mu birori bibereye Ijisho “Rayon Day” yagenze neza ndetse abakunzi ba Rayon Sports bataha batabishaka, Nyuma yo guhatwa umuziki n’abarimo Bushali uri mu bahanzi nyarwanda bakunzwe cyane muri iyi minsi. Ni ibirori... Read more »

Kenya: Byasubiwemo Abatunze ipusi bagomba gutangira kuzitangira umusoro.

Muri Kenya hagiye gushyirwaho umusoro w’injangwe ku bazitunze bose ndetse nazo zikajya zibanza kwandikishwa mu irangamimerere y’umuryango, mbere yo kuzitunga mu rugo. Kugeza ubu abatuye i Nairobi mu gihugu cya Kenya basanzwe... Read more »

Ubushita bw’Inkende bwakamejeje, mu bihugu bituranye n’u Rwanda.

Nyuma y’iminsi mike igeze mu Rwanda, indwara y’Ubushita bw’Inkende cyangwa se Monkeypox, yamaze kugaragara muri Kenya na Centrafrique, ibikomeje kuzamura impungenge ku muvuduko w’ikwirakwira ryayo, ndetse hakibazwa ku bushobozi bw’ibihugu bya Afurika... Read more »

Mutabare utazuyaje ashaka ko muryamana gusa yagutinye, numubonana ibi bimenyetso.

Ntukibeshye ngo utekereze ko abahungu aribo bakenera gukora imibonano mpuzabitsina bonyine, N’abakobwa barabyifuza ariko bagapfira imbere bakabasha kubihisha n’ubwo hari ibimenyetso bagaragaza bamwe mu bahungu batamenya. Ni byiza ko ukora imibonano mpuzabitsina... Read more »