Umudamu wo muri Gana yahaye umugabo uwo ari we wese ku Isi, Ushaka kumurongora amafaranga ya y’amanyegana angana na GHc25.000 mu cyumweru ariko akagomba kuba yujuje ibisabwa bishakwa n’uyu mudamu. Uyu mudamu... Read more »
Nyuma y’amashusho yashyizwe hanze ndetse akaba kimomo y’Umugore wafashwe ari gushyira ikariso ye mu nkono y’ibiryo yari atetse, abantu benshi bo muri afurika ndetse no hanze yayo, bafashe umwanya munini cyane bayibazaho... Read more »
Igipolisi cyo mu gihugu cya Kenya cyatabaye mu maguru mashya umukobwa uherutse gufunganwa na mugenzi we kubera ko bashatse umugabo bataruzuza imyaka y’ubukure, maze nawe agahitamo gushaka kwiyahurira muri Kasho akoresheje ikariso.... Read more »
Abantu benshi mu buzima bwa buri munsi, cyane cyane abashakanye, bagira ibyo bumva kimwe n’ibyo batemeranywa na gato, hakaba kandi n’ubwo umwe yifuza kugerageza undi cyangwa kumuhima nyuma akabihomberamo. Iyi ni inkuru... Read more »
Abakobwa bakiri bato mu Gihugu cy’u Buhinde bambuwe imyenda yabo bakoreshwa urugendo bambaye ubusa. Ni kimwe mu bigize imihango yo gusaba imvura mu karere kamwe ko muri iki gihugu. Ibi nkuko BBC... Read more »
Abantu benshi ntibabyitaho ariko birakwiye ko ubyitaho. Hagati y’umugabo n’umugore akenshi igikorwa cyo gutera akabariro gifatwa nkimwe mu nzira nziza yo kwita ku mugabo. Dore ibintu ukwiye kwirinda gukora mbere yuko mutera... Read more »
Umuherwekazi w’umugande uba muri Afurika y’Epfo, Zari Hassan yamaze gukora ubukwe n’umukunzi we Shakib Lutaaya bari barahanye isezerano imbere y’Idini ya Islam. Ni ubukwe bwabaye tariki ya 3 Ukwakira 2023 bubera mu... Read more »
Umunyarwandakazi Mukansanga Salima ari mu basifuzi 5 bakuwe muri 32 n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) bagomba kuzasifura igikombe cy’Afurika. Mukansanga Salima wasifuye igikombe cy’Isi cy’abagabo ndetse n’Igikombe cy’Isi cy’Abagore yari mu... Read more »
Mu gihe mu Rwanda hashize iminsi micye amasaha y’utubyiniro n’utubari agabanyijwe, hagiye gutangira akabyiniro k’abarokore kiswe ‘Gospel Club’ aho bazajya bahurira bagasabana bakabyina bigashyira cyera. Ubusanzwe ucyumva ijambo akabyiniro wumva ‘Night Club’... Read more »
Umukinnyi wa Manchester United,Alejandro Garnacho yishimiye ivuka ry’umwana we w’imfura yabyaranye n’umukunzi we Eva Garcia. Uyu rutahizamu ufite imyaka 19, yemeje aya makuru ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza ko umuhungu we Enzo Garnacho... Read more »