Yago yahunze u Rwanda avuga ko ari ukubera ’agatsiko k’abashaka kumuhitana’

Yago Pon Dat yahishuye ko agiye kwimukira mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda ahunze abanzi be n’ababa muri Show biz batigeze bamwishimira ahubwo bahoze bamurwanya ndetse bakanamuhemukira. Umunyamakuru akaba n’umuhanzi Innocent NYARWAYA wamenyekanye... Read more »

Ifoto Marina yashyize hanze ku munsi we w’amavuko, iri gutanga umukoro.

Umuhanzikazi Marina Deborah utaherukaga kuvugwa cyane muri Showbiz nyarwanda, yongeye kugaruka anasigira abanyarwanda umukoro wo kumwibazaho no ku mutekereza mu buryo bishakiye. Uyu muhanzi nyuma y’iminsi micye asohoye indirimbo ye nshya yise... Read more »

Ibitaramo bya “Iwacu Muzika Festival” biratangirira I musanze kuri uyu wa 6.

Ibitaramo bya Iwacu Muzika bisanzwe bisesekaza akanyamuneza mu bakunzi b’umuziki byagarutse n’intego nshya yo gusimbura Primus Guma Guma Super star, byari byarafashe imitima y’abanyarwanda. Ibi bitaramo biratangirira mu ntara y’Uburengerazuba mu karere... Read more »

Ubushinjacyaha bwashyikirijwe Dosiye, iregwamo ka kabari kabyinamo inkumi zambaye ubusa.

Dosiye iregwamo nyir’akabari kitwa Viga Edelweiss kabyiniragamo inkumi zambaye ubusa buri buri n’uwagacungaga umunsi ku munsi, yashyikirijwe Ubushinjacyaha kugirango bakurikiranwe mu mizi nyuma yo kutishimirwa na benshi. Nyuma yuko abantu batandukanye bagaragaje... Read more »

Bien-Aimé wa Sauti Sol, yatangaje uko afata Bruce Melodie nk’umunyempano ihambaye.

Umuhanzi wo muri Kenya Bien-Aimé uri i Kigali, yavuze uko yiyumva iyo ari mu Rwanda, ahishura n’inzozi yahoze arota zo gukorana n’umuhanzi wo mu Rwanda, ari nako yavuze imyato Bruce Melodie. Ibi... Read more »

Amavubi yitezweho byinshi n’abanyarwanda, yamaze gutangira umwiherero wo gutegura imikino afite.

Ikipe y’iguhugu y’u Rwanda, Amavubi yitezweho byinshi n’abanyarwanda cyane ko yerekanye ko yivuguruye, yamaze gutangira umwiherero ugamije kwitegura neza imikino afite na Libya ndetse na Nigeria. Amavubi yagerageje kwitwara neza mikino ibanza... Read more »

Hatangajwe uko abiga mu mashuri yisumbuye, bazasubira ku mashuri.

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA rwatangaje ko abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye bose bazatangira kujya ku mashuri tariki ya 6 Nzeri 2024. Inzego z’uburezi mu Rwanda ziherutse gutangaza ko umwaka... Read more »

Mu mboni za Manager Muyoboke Alex, Ngiki ikintu gifasha kwihutisha ubwamamare bwa Islael Mbonyi.

Muyoboke Alex ufasha abahanzi mu bikorwa bitandukanye, yavuze amabanga ane (4) Israel Mbonyi agendana atuma akomeza kuba umuhanzi ukunzwe mu Rwanda no mu Mahanga, aho yemeza ko ikinyabupfura ari cyo cyiza ku... Read more »

Bull Dogg na Riderman berekanye ko Hip Hop ari injyana ikunzwe n’ingeri zose, Mu “Cyumba cy’Amategeko Concert”

Abaraperi Bull Dogg na Riderman bagaragaje ko Hip Hop ari injyana ya benshi, bitandukanye nuko yashyirwaga mu kato ko ari injyana idasobanutse kuko yitirirwaga ibirara kuruta uko yakwitirirwa abahanzi. Igitaramo cyo kumurika... Read more »

Mu isura nshya ya Green P, kunamira Jay Polly, Uko Tuff Gang yaserutse muri “Icyumba cy’Amategeko Concert”

Nyuma y’igihe kinini babisabwa n’abakunzi babo kongera guhurira ku rubyiniro rumwe ndetse bose bari kumwe baririmba indirimbo zabo za cyera bakundiweho, byaraye bibaye impamo mu ijoro ryahise. Nyuma y’iminsi abaraperi Bull Dogg... Read more »