Amashirakinyoma, Ese koko Peter na Paul ba P-Square baba biyunze. Igaruka rya P.Square yakanyujijeho.

Nyuma yo guterana amagambo, abavandimwe b’impanga Peter na Paul, bari bagize itsinda rya P-Square, biyunze nyuma y’umubano utari mwiza umaze iminsi hagati yabo watumye itsinda ryabo risenyuka. Byavuzwe hashingiwe ku ifoto aba... Read more »

Sheebah yageze i Kigali, udushya twitezwe muri “The Keza Camp Out Experience 1st Edition’’.

Umuhanzikazi Sheebah Karungi wo muri Uganda witezwe gutaramira abanyakigali kuri uyu wa gatandatu, yamaze gusesekara I Kigali ndetse n’itsinda ry’abahanzi nyarwanda n’ababyinnyi ririteguye. Sheebah Karungi ategerejwe mu gitaramo cyiswe “The Keza Camp... Read more »

Kenya : Islael MBONYI yakiriwe nk’umunyabigwi, Arazwa muri Hotel Micheal Obama yarajwemo.

Umuririmbyi Islael MBONYI uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda yakiriwe nk’igikomangoma mu gihugu cya Kenya aho yagiye muri gahunda z’ibitaramo. Mu rukerera rwo kuri uyu wa 14 Kanama 2024... Read more »

Element ashyize umucyo ku bibazo bye na 1:55 AM, byerekeranye n’indirimbo “Sikosa”

Umuhanzi akanaba utunganya umuziki {Producer} Element Eleeh yatangaje ko nta mpungenge abantu bakwiye kugira ko indirimbo yabo nshya yitwa “Sikosa” yaba itagisohotse nkuko byavuzwe mu itangazamakuru. Element yatangaje ibi nyuma yuko hakomeje... Read more »

GSB Kiloz yahuje imbaraga na Gisa cy’Inganzo basohora indirimbo nziza, icyebura benshi.

Umuraperi GSB Kiloz afatanije na Gisa cy’Inganzo basohoye indirimbo nshya ikubiyemo ubutumwa bucyebura benshi bishyira hejuru nyamara ubuzima buhinduka isaha n’isaha. Umuraperi Iraguha Lando Fils uzwi nka GSB Kiloz yongeye kumena wino... Read more »

The Ben yatanze gasopo ko arambiwe ibibazo n’amakimbirane biri mu muziki nyarwanda.

The Ben udakunzi kuvuga byinshi mu itangazamakuru no mu gihe bagenzi be bamuvuzeho bamushoraho intambara, yagaragaje amarangamutima ye ko arambiwe umwanda uri muri muzika nyarwanda. Mugisha Benjamins uzwi nka The Ben yatangaje... Read more »

Birasobanutse burya cya Kirangirire kiba kikina gusa, cyariye umwana imitsi, Cyangwe byose abishyize hanze.

Papa Cyangwe ashashe inzobe ashyira ukuri kose hanze ku bibazo bye na Rocky Kimomo, wahoze amubereye Sebuja nyamara amurya imitsi gusa. Hari hashize imyaka itari munsi y’itatu umuraperi Abijuru  King Lewis wamamaye... Read more »

Wari uzi ko : Genzura neza urasanga imico yawe ihuye n’ubwoko bw’ikirenge cyawe.

Mu isi yose, Abazungu cyangwa Abirabura twese duhuje ibirenge, ibyobirenge byacu bigabanyijwe mu bwoko bune(4) tugendeye ku buryo amano atondetswe ku kirenge. Na none kandi ibirenge bishobora gushyirwa mu byiciro hagendewe kuri... Read more »

Riderman yatangaje bamwe mu baraperi, bazagaragara mu gitaramo “Icyumba cy’Amategeko” Album Launch.

Riderman na Bulldog bitegura kumurika album bahuriyemo “Icyumba cy’Amategeko”, batangiye gutangaza abahanzi bazabafasha gususurutsa abakunzi b’umuziki wa Hip hop bazacyitabira. Riderman yatangarije Isibo TV ko iki gitaramo cyahariwe umuziki wa Hip hop... Read more »

Ese koko gutwitira undi {Surrogacy} byaba byamaze kwemerwa mu Rwanda?

Uburyo bwo kuba umuntu yatwitira undi bizwi nka ’Surrogacy’ bwamamaye mu bihugu byateye imbere, bwifashishwa n’abagore bafite ibibazo bitandukanye bituma badashobora gusama cyangwa gutwita inda ngo umwana azashobore kuvuka ari muzima, ubu... Read more »