Lina Medina, niwe mugore wenyine wabyaye akiri muto ku myaka 5 gusa mu mateka y’Isi.

Lina Medina, umukobwa ukiri muto ukomoka muri Peru yari akiri umwana ubwe igihe yibarukaga umwana w’umuhungu mu 1939, urubanza rukomeye rukaba rukomeje kuba amayobera atarakemuka kugeza na n’ubu. Impungenge zatangiye kwiyongera igihe... Read more »

Ibyo wamenya kuri “Mpox” indwara ikomoka ku nkende yamaze kugera no mu Burundi.

Mu gihugu cy’u Burundi mu mujyi wa Bujumbura hagaragaye abarwayi batatu bafashwe n’icyorezo cy’indwara y’ibihara izwi nka ’monkeypox’ ikomoka ku nkende. Minisitiri w’Ubuzima rusange, Lyduine Baradahana kuri uyu wa Kane, yavuze ko... Read more »

Abasura Pariki ya Nyungwe bashyizwe igorora.

Pariki ya Nyungwe ikomeje kwitabwaho no kuvugururwa kugirango ikomeze gukurura ba Mukerarugendo basanzwe bayisura. Mu bintu birimo gukurura ba mukerarugendo basura pariki ya Nyungwe harimo inzira zo mu kirere, ahubatswe ikiraro cy’ibyuma... Read more »

Wari uziko abantu bagenda mu muhanda bihuta, badakunze kugira ibyishimo mu buzima.

Sobanukirwa : Ese koko abantu bagenda bihuta cyane mu muhanda cyangwa n’ahandi hantu baba bagira ibyishimo bicye mu buzima cyangwa amahirwe macye. Ubushakashatsi bwerekanye ko uko umuntu ugenda gahoro cyangwa yihuta biba... Read more »

Ange ni umukobwa w’imyaka 32 arashaka umukunzi w’umusore ’ubyibushyemo’ kanda ku ifoto ye ubone nimero ze

Ni umukobwa witwa Ange, yacishije ubutumwa bwe kuri iki kinyamakuru kigalihit.rw avuga ko yifuza umukunzi w’umusore, ariko yongeraho ko abaye abyibushye byaba ari akarusho. Yagize ati “Amazina nkoresheje si ayanjye, ndashaka umukunzi... Read more »

Abasirikare ba Afurika y’Epfo birukanwe muri RDC kubera ubusambanyi n’ihohotera bagizwe abere

Abasirikare icyenda bo muri Afurika y’Epfo birukanywe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu Kwakira umwaka ushize bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya no guhohotera (SEA) bahanaguweho icyaha ariko bahamwa n’icyaha cyo kurenga... Read more »

Dore ibintu 10 biza ku isonga mu gukurura abasore ku buryo barwanira umukobwa ubifite

Burya umuhungu iyo agiye gukunda umukobwa agira ibyo agenderaho bye byihariye ariko twabahitiyemo kubarebera ibintu abahungu benshi bahuriraho iyo bagiye guhitamo umukobwa bakundana. 1.Imiterere y’umugore cyangwa umukobwa Aha ni ukuvuga isura ye... Read more »

Mu mafoto: Reba Abakobwa 10 beza kurusha abandi muri Cinema Nyarwanda, buri mugabo wese yifuza kuryamana nabo.

Uruganda rwa Cinema ni igisata kigize ikmyidagaduro yo mu Rwanda ndetse akaba ari uruganda rugwije abakobwa benshi b’uburanga cyane dore ko n’umubare munini w’abasore ubyemeza. Kimwe n’ibindi bihugu byahoze kandi bikiri mu... Read more »

Kampala: abihaye kwigana urubyiruko rwa Kenya ngo bigaragambye bahaswe igiti,abandi bajyanwa gereza

Abanya-Uganda biganjemo urubyiruko mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Nyakanga 2024 batangiye imyigaragambyo mu bice bitandukanye by’Umurwa Mukuru, Kampala. Abateguye iyi myigarambyo bari bateganyije ko bayitangirira ku cyicaro cy’ikigo cy’igihugu gishinzwe... Read more »

Isimbi Yvonne yiyamye Abagabo bamwohereza ubwambure bwabo bagamije ko abaha umwanya.

Umunyarwandakazi Isimbi Noelline wari mu bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2019, nyuma akaza kuvugwa cyane ku mbuga nkorambaga kubera amafoto yagaragazaga ubwambure bwe. Nyuma yaje gutangaza ko akora filime z’urukozasoni (porno), kuri... Read more »