Ni gute Ubutasi n’ubwirinzi bukomeye bya Israel, byananiwe kuburizamo ibitero by’umutwe wa Hamas?

“Ntituzi ukuntu ibi byashoboye kubaho.” nk’igisubizo cy’Abategetsi bo muri Islael batanze gikomeje kwibazwaho na benshi bazi iki gihugu mu bijyanye na Politike ndetse n’ubutasi bukomeye ku Isi yose. Icyo ni cyo gisubizo... Read more »

Ikamyo y’ibinyobwa bya Bralirwa ihiriye i Musanze.

Ikamyo y’Uruganda rwenga Ibinyobwa bisembuye n’Ibidasembuye, Bralirwa, Yavaga i Rubavu yerekeza mu Mujyi wa Kigali yafashwe n’inkongi igeze mu Mujyi wa Musanze. Read more »

Islael yongeye gufatanamo n’umutwe wa Hamas hapfira Abanyapalestine 198, Abandi 1.000 barakomereka.

Leta ya Palesitine yatangaje ko byibuze abantu bayo basaga 198, Aribo bishwe abandi barenga 1.000 bagakomerekera mu myigaragambyo y’igitero cyagabwe n’indege za gisirikare muri Isiraheli mu ntara ya Gaza. Iyi myigaragambyo yatangijwe... Read more »

Ed Sheeran yashyize ku musozo, imirimo yo gucukura Imva ye azashyingurwamo.

Umuhanzi w’umunyamerika wamamaye cyane mu ndirimbo zitandukanye ku Isi yose, yamaze gushyira ku musozo imirimo yo gucukura imva ye azashyingurwamo mu gihe azaba atakirimo umwuka w’Abazima. Umuhanzi wakunzwe cyane, Sheeran we ubwe yitangarije ko... Read more »

Masaka: Hafunguwe ku mugaragaro inyubako nziza, y’ikigo cy’ubushakashatsi ku ndwara ya Kanseri.

Mu karere ka Kicukiro, i Masaka huzuye inyubako nziza cyane izakora serivisi z’ubushakashatsi ndetse ndetse n’amahugurwa ku ndwara yugarije abantu ya Kanseri. Igikorwa cyo gufungura no gutaha iyi nyubako nshya cyabaye kuri... Read more »

Uburyo 15, Abakobwa n’Abagore bakoresha basuzuma ko, Abahungu babakunda bya nyabyo.

Abagore benshi bakunze kugerageza imbaraga z’umubano barimo, Kugirango bamenye neza niba mugenzi wabo, Ari mu bwoko bw’Abasore cyangwa Abagabo bifuzaga ndetse baha agaciro, Ahanini banashaka kumenya imico yabo, no gusuzuma uburyo bitondera... Read more »

Jason Derulo arashinjwa kugerageza, kurya bango umuhanzikazi mushya afasha.

Uyu muhanzikazi mu njyana ya R&B witwa Emaza Gibson tanze ibirego bye avuga ko Jason Derulo yamusinyishije amasezerano yanditse muri Label y’umuziki agamije kuryamana nawe gusa kuko ngo nta rundi rukundo ajya... Read more »