
Kuri iki cyumweru tariki ya 26 Gashyantare 2023 nibwo hasojwe icyumweru cyahariwe ubuskuti mu Rwanda ibirori byo kugisoza byabereye mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Muhanga, kuri stade y’umupira w’amaguru y’Akarere ka... Read more »

Ni kamwe mu dushya twaranze ibitaramo bya Tour du Rwanda Festival byari bigeze mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru mu ijoro ryo ku wa 22 Gashyantare 2024. Iki gitaramo cyabereye mu... Read more »

Ibitaramo bya Tour du Rwanda Festival byatangiriye mu Karere ka Huye aho abakunzi b’umukino w’amagare banyuzwe n’umuziki bacurangiwe n’abahanzi batandukanye bari bitabiriye ku bwinshi. Igitaramo cya mbere cyabereye muri ‘Car Free Zone’... Read more »

Kuva kuri uyu wa Gatandatu 17 kugeza 25 Gashyantare 2024, mu Rwanda hari kwizihizwa Icyumweru cyahariwe ubuskuti cyahawe insanganyamatsiko igira iti “MUSKUTI, GIRA URUHARE MU KWIMAKAZA UBUFATANYE BUGAMIJE IMBERE HEZA. Iki gikorwa... Read more »

Kikac Music nyuma y’iminsi mike itangaje abahanzi batanu bazitabira ibitaramo bya ‘Tour du Rwanda Festival’, muri iki gitondo imaze kwemeza abandi bahanzi bane, bazasusurutsa abakunzi b’umukino w’amagare mu bitaramo bine bizazenguruka Igihugu.... Read more »

Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Kenya, William Ruto, bagaruka ku mahirwe y’ishoramari agaragara mu bihugu byombi no ku bibazo by’umutekano mu Karere. Abakuru b’ibihugu bombi bahuriye i Dubai... Read more »

Umunyarwanda Hakizimana Gervais n’umukinnyi yatozaga gusiganwa ku maguru w’Umunyakenya, Kelvin Kiptum wari ufite agahigo ku gusiganwa Marathon mu gihe gito ku Isi, bitabye Imana baguye mu mpanuka yabereye muri Kenya. Ni impanuka... Read more »

Isiganwa ry’amagare rya Tour du Rwanda rigiye kuba rizaherekezwa n’ibitaramo by’abahanzi batandukanye kandi bagezweho mu Rwanda mu rwego rwo gutanga ibyishimo ku bakunzi ba Muzika muri buri gace abakinnyi bazajya basorezamo. Guhera... Read more »

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki 16 ukuboza 2023 wari umunsi utegerejwe na benshi mu bafite aho bahurira n’imyidagaduro hano mu Rwanda. Wari umugoroba uteguye neza aho ibyo birori byitabiriwe... Read more »

Myugariro w’Umuholandi, Jurriën David Norman Timber ukinira Arsenal yo mu Bwongereza, wageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Ukuboza binyuze mu bufatanye bwa Visit Rwanda n’iyi kipe yo muri... Read more »