Rdb yakomoreye abafite utubari muri iyi minsi mikuru

Muri iki gihe cy’iminsi mikuru, impera za weekend, kuva tariki 15 Ukuboza, kugeza ku ya 07 Mutarama 2024 abakora ibikorwa by’imyidagaduro, abacuruza utubari na Hotel bemerewe gukora bugacya. Itangazo ryasohowe n’urwego rw’igihugu... Read more »

Umunya-Tanzania Joshua Mollel wari warashimuswe na Hamas yishwe

Leta ya Israel yamenyesheje Tanzania ko Joshua Mollel wari warashimuswe na Hamas tariki 7 Ukwakira 2023 ko nawe yishwe Uyu musore Mollel yari Umunyeshyuri wigaga muri Israel ibijyanye n’ubuhinzi, yaje gushimutwa  ... Read more »

Zari yibutse Ivan Ssemwanga ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko

Ku wa kabiri washize tariki  ya 12 Ukuboza  2023 Ivan Ssemwanga  wahoze  ari umugabo wa Zari The Boss lady yari kuba yujuje  imyaka 46 . Kuri uwo munsi  zari wahoze ari  umugabo... Read more »

Umuryango wa Pasteur Mpyisi wahakanye amakuru y’Urupfu

Umukambwe Pasiteri Ezra Mpyisi ni muzima bitandukanye n’amakuru yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yitabye Imana. Ni amakuru yatangiye gusakazwa mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 14 Ukuboza, gusa abayakwirakwizaga... Read more »

Jurriën David Norman Timber wa Arsenal ari mu Rwanda

Myugariro w’Umuholandi, Jurriën David Norman Timber ukinira Arsenal yo mu Bwongereza, yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Ukuboza binyuze mu bufatanye bwa Visit Rwanda n’iyi kipe yo muri... Read more »

igitaramo Christmas  Carols Live Concert cya korali ya Kigali cyitezwemo udushya

Ku gicamunsi cyo kuri  uyu wa kabiri tariki  ya 12 Ukuboza  2023  ubuyobozi bwa Chorale de  Kigali  bwagiranye  ikiganiro  n’itangazamakuru  mu rwego rwo  kumneyeshya abanyarwanda  aho imyiteguro y’igitaramo Christmas  Carols Live Concert... Read more »

Perezida samia Suluhu yongeye guha ubufasha bwo kwivuza Professor Jay

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yatanze miliyoni 50 Tshs (arenga miliyoni 24 Frw) mu muryango washinzwe n’Umuraperi Professor Jay, yongeraho arenga miliyoni 23 Frw (ni miliyoni 47 Tshs) yo kumufasha kwivuza... Read more »

Niyo Bosco yinjiye muri Kikac Music nyuma yo gusohokamo kwa Mico The Best

Umuhanzi  Niyo Bosco umaze hafi imyaka ibiri adasohora indirimbo, yateguje abakunzi b’umuziki we EP y’indirimbo ishanu yise “New Chapter”. Uyu muhanzi ateguje iyi EP nyuma yo gusinyana amasezerano y’imikoranire y’imyaka itanu na... Read more »

Umuhanzikazi Zahara yitabye Imana

Umuririmbyi Bulelwa Mkutukana, wamenyekanye nka Zahara mu muziki, ukomoka muri Afurika y’Epfo wari uri mu banyempano bakomeye mu kugorora ijwi no kurijyanisha n’umurya wa Guitar , yitabye Imana nyuma y’imyaka ine ataramiye... Read more »

Zari The  Boss Lady yatumiye  Tanasha  Donna  mu gitaramo azakorera  I Kampala

Umushoramari akaba n’umunyamideli  Zari Hussein umaze kumenyekana cyane ku mbuga nkoranyambaga  kubera gukurikirwa n’abarenga miliyoni 11 bitunguranye  uyu mugore w’abana batanu  harimo abao yabyaranye  na Diamond  Platnumz yatumiye  Tanasha Donna  nawe wabaye ... Read more »