igitaramo Christmas  Carols Live Concert cya korali ya Kigali cyitezwemo udushya

Ku gicamunsi cyo kuri  uyu wa kabiri tariki  ya 12 Ukuboza  2023  ubuyobozi bwa Chorale de  Kigali  bwagiranye  ikiganiro  n’itangazamakuru  mu rwego rwo  kumneyeshya abanyarwanda  aho imyiteguro y’igitaramo Christmas  Carols Live Concert... Read more »

Perezida samia Suluhu yongeye guha ubufasha bwo kwivuza Professor Jay

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yatanze miliyoni 50 Tshs (arenga miliyoni 24 Frw) mu muryango washinzwe n’Umuraperi Professor Jay, yongeraho arenga miliyoni 23 Frw (ni miliyoni 47 Tshs) yo kumufasha kwivuza... Read more »

Niyo Bosco yinjiye muri Kikac Music nyuma yo gusohokamo kwa Mico The Best

Umuhanzi  Niyo Bosco umaze hafi imyaka ibiri adasohora indirimbo, yateguje abakunzi b’umuziki we EP y’indirimbo ishanu yise “New Chapter”. Uyu muhanzi ateguje iyi EP nyuma yo gusinyana amasezerano y’imikoranire y’imyaka itanu na... Read more »

Umuhanzikazi Zahara yitabye Imana

Umuririmbyi Bulelwa Mkutukana, wamenyekanye nka Zahara mu muziki, ukomoka muri Afurika y’Epfo wari uri mu banyempano bakomeye mu kugorora ijwi no kurijyanisha n’umurya wa Guitar , yitabye Imana nyuma y’imyaka ine ataramiye... Read more »

Zari The  Boss Lady yatumiye  Tanasha  Donna  mu gitaramo azakorera  I Kampala

Umushoramari akaba n’umunyamideli  Zari Hussein umaze kumenyekana cyane ku mbuga nkoranyambaga  kubera gukurikirwa n’abarenga miliyoni 11 bitunguranye  uyu mugore w’abana batanu  harimo abao yabyaranye  na Diamond  Platnumz yatumiye  Tanasha Donna  nawe wabaye ... Read more »

Umuhanzikazi  Taylor Swift  yinjije arenga miliyali 1$ mu gihe cy’amezi 9

Umuhanzikazi  Taylor Swift  yaciye agahigo   kurenza  abandi bahanzi mu kwinjiza akayabo ka miliyari mu bitaramo bya Eras Tour  amaze amezi hafi icyenda azenguruka isi yose . Ni amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru Pollstar kizobereye... Read more »

The  Ben Yongeye  gufatirwa n’Ikiniga imbere  y’ikoraniro ry’abantu

Umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye mu muziki nka The Ben, yasutse amarira mu rusengero, ananirwa kuvuga ubwo yari kumwe na nyina n’abavandimwe barimo mushiki we na murumuna we. Byari mu masengesho yabaye kuri... Read more »

Meddy na Adrien Misigaro bakoranye indirimbo ya 2 yo kwinjiza abakunzi babo mu bihe bya Noheli

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ngabo Medard Jorbert [Meddy] basohoye ifoto yaherekejwe no kutagira byinshi bavuga kuriyo, ariko irateguza indirimbo y’abo bakoranye igomba gusohoka mu cyumweru kiri imbere. Amakuru dukesha... Read more »

Bruce Melodie yasubiye  muri Amerika mu bitaramo azahuriramo na Shaggy

Bruce Melodie yongeye gusubira muri Amerika aho afite ibitaramo birimo n’icyo azahuriramo n’Abanyarwanda mu gusoza umwaka wa 2023. Uyu muhanzi wari werekeje muri Amerika bwa mbere yitabiriye igitaramo yagombaga gutaramanamo na Shaggy... Read more »

Ibirori byo kwakira murumuna wa Bad Rama byitabiriwe n’ibyamamare bikomeye mu Rwanda

Umushoramari washinze inzu ifasha abahanzi mu bya muzika ya The Mane, Mupende Ramadhan [Bad Rama], yakoze ibirori byo kwakira umuvandimwe we Olivier bari baraburanye mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, byitabiriwe n’ibyamamare... Read more »