
Mu minsi ishize hano mu Rwanda ku mbuga nkoranyambaga hano mu Rwanda cyangwa a mu binyamakuru bitandukanye hagiye havugwa inkuru zihangana ry’abahanzi Itahiwacu Bruce Melodie na Mugisha Benjamin ukunzwe nka The Ben ... Read more »

Umuramyi Nomthie Sibisi wo muri Afurika y’Epfo yageze i Kigali aho yitabiriye ubutumire bwa Drups Band mu gitaramo bafite kuri iki Cyumweru tariki 03 Ukuboza 2023. Ku isaha y’i saa tatu z’ijoro,... Read more »

Abahanzikazi Vestine na Dorcas bamaze kwigarurira mitima ya benshi bakunda indirimbo zo kuramya no guhimbaza mu gihe gito bamaze mu muziki bakomeje kziwerwa n’abategura ibitaramo .nyuma yo kudakorera igitaramo mu gihugu cya ... Read more »

Umunyamideli Kantengwa Judith wamenyekanye nka Judith Heard nk’umunyamideli umwe bakomeye muri Uganda ndetse akaba afite inkomoko mu Rwanda avuga ko mu bintu bimubabaza kurusha ibindi ari ukubona abana b’abakobwa barara mu kabari... Read more »

Umuhanzi Eddy Kenzo kuri uyu wa mbere w’iki cyumweru yagiranye yagiranye ibiganiro byihariye na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Eddy Kenzo wari ufite akanyamuneza mu nyandiko ye, yabwiye abamukurikira... Read more »

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Bosco Nshuti yaraye ahagurutse I Kigali ku mugoroba wokuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Ugushyingo 2023 yerekeza ku mugabane w’Uburayi aho agiye gukoreera ibitaramo ... Read more »

Shaggy na Bruce Melodie baherutse gukorana indirimbo bise ’When she is around’ bahuye imbonankubone nyuma y’igihe bavugana kuri telefone ariko batarabonana amaso ku yandi. Aba bahanzi bahuriye muri Leta Zunze Ubumwe za... Read more »

Nyuma y’uko uruganda rwo mu Rwanda mu myidagaduro rukomeje gutera imbere amarushanwa y’abahanzi akomeje kuba menshi kuri iyi nshuro mu Rwanda hagiye kuba irushanwa rihuriza hamwe abaririmba karaoke . Iri rushanwa ryiswe ... Read more »

Umuhanzi Juno Kizigenza umwe mu bakunzwe cyane kuri uyu munsi nibwo yizihije isabukuru y’amavuko. Uyu muhanzi abinyujije ku mbuga ze nkoranyambaga yatangaje yatangaje ko yagize isabukuru. Nyuma yo gutangaza ibyo umuhanzikazi Ariel... Read more »

Itsinda rya Drups band ni rimwe mu matsinda amaze kumenyekana mu Rwanda mu yaririmba indirimbo zo kuramya nyuma y’igitaramo cya mbere bakoze mu mwaka wa 2022,bateguye ikindi gitaramo bise “God First Edition... Read more »