Amaso yose ahanzwe muri BK Arena muri “Trace Awards”, Ibirori byahumuye Ibyamamare batangiye kugera mu mujyi.

Hirya no hino mu mujyi wa Kigali ndetse no mu mpande zawo, Inkuru zihari ni ibitaramo bya Trace Awards bigiye kubera mu Rwagasabo ku nshuro ya mbere, Ari nako abahanzi bamwe na... Read more »

Ukuboko kwa MTN Rwanda mu rugamba rwo Kwibohora, kwayihaye uburenganzira bwo gukora serivisi zayo mu Rwanda.

Perezida Paul KAGAME, yavuze kucyo byasabye kugirango hafatwe icyemezo cyo kwemerera sosiyete ya MTN yo muri Afurika y’Epfo gukorera Serivisi zayo mu Rwanda. Ibi Perezida Kagame yabivuze ku mugoroba wo kuri uyu... Read more »

Perezida Joe Biden yemeje ko ashyigikiye Israël mu ntambara, Nyuma y’uruzinduko rwe i Tel-Aviv.

Perezida Joe Biden wakoze uruzinduko muri Islael wageze i Tel-Aviv mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Ukwakira 2023 nyuma y’amasaha make hagabwe igitero ku bitaro bya Gaza cyahitanye abarenga... Read more »

Ababyeyi be bamutereranye kubera kuba mubi, Nyuma y’imyaka, Yabishyuye Uruzinduko rutunguranye.

Tutitaye ku buryo umwana asa, bakwiriye gukundwa no kwitabwaho. Ikibabaje, ntabwo byari bimeze ku muhungu Kyle wo muri Iyi nkuru. Ababyeyi be babyitwayemo bamubonye akimara kuvuka byarabababaje baramutererana. Amaherezo, baramutaye. Ariko nyuma... Read more »

X yahoze ari twitter yatangije gahunda yo kwishyuza abayikoresha bashya mu bihugu 2 byo muri Asia.

Urubuga rwa ‘X’, rwahoze rwitwa Twitter, rwatangaje ko abantu bashya barukoresha muri Nouvelle-Zélande na Philippines bazajya bishyura idorari 1 ku mwaka mu kohereza ubutumwa kuri uru rubuga. Bishatse kuvuga ko mu gihe... Read more »

Arabacecekesheje, Yago Pon Dat yisanze mu bahanzi 4 bahataniye igihembo cy’umuhanzi mushya mwiza w’umwaka.

Uyu muhanzi akaba n’umunyamakuru, Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago mu itangazamakuru ndetse na Yago Pon Dan mu muziki atangiye vuba, Yongeye gucecekesha iminwa ya benshi batamukunda ndetse bavuga ko akwiye kureka umuziki... Read more »

Ubuzima: Impungenge kuri Kanseri y’umuhogo yaterwa n’ubusambanyi bukorewe mu kanwa .

Uko hirya no hino ku Isi dutuye ingeso y’ubusambanyi ikomeza kugenda ifata indi ntera ni nako ababukora bakomeje kongeramo uburyo bushya bwo kubikora nyamara ariko butavugwaho rumwe n’ababirebera kure ndetse n’inzobere mu... Read more »

Miss Elsa mu nzira igana muri gereza, nyuma y’uko ibimenyetso yashakiye Prince Kid biteshejwe agaciro?

Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid yatawe muri yombi kuwa 25 Mata 2022, ubwo yari akurikiranweho ibyaha byo gukoresha imibonano mpuzabitsina abakobwa bitabiriye irushanwa rya miss Rwanda mu bihe bitandukanye. Mu mpera... Read more »

Imanzi y’umugabo w’imyaka 71 yamaze imyaka 55 yihisha abagore, yubaka uruzitiro runini ruzengurutse urugo rwe.

Umugabo wakomeje kuba imanzi kugeza afite imyaka 71 yabashije kwikingira, Azitira urugo rwe imyaka isaga 55 kugirango yirinde abagore adatakaza ubumanzi bwe hakiri kare. Callitxe Nzamwita yubatse uruzitiro rwa metero 15 ruzengurutse... Read more »

Akari ku mutima wa The Ben, mbere y’Ubukwe bwe yatangarije amatariki n’aho buzabera.

Umuhanzi The Ben yagaragaje ibyiyumvo bye ku mugore we Uwicyeza Pamella, Mbere y’ubukwe bwabo, ndetse anashimira cyane abababa hafi buri munsi, Nyuma yo gutangaza amatariki yabwo n’aho buzabera. The Ben yatangaje ko... Read more »