Ed Sheeran yashyize ku musozo, imirimo yo gucukura Imva ye azashyingurwamo.

Umuhanzi w’umunyamerika wamamaye cyane mu ndirimbo zitandukanye ku Isi yose, yamaze gushyira ku musozo imirimo yo gucukura imva ye azashyingurwamo mu gihe azaba atakirimo umwuka w’Abazima. Umuhanzi wakunzwe cyane, Sheeran we ubwe yitangarije ko... Read more »

Masaka: Hafunguwe ku mugaragaro inyubako nziza, y’ikigo cy’ubushakashatsi ku ndwara ya Kanseri.

Mu karere ka Kicukiro, i Masaka huzuye inyubako nziza cyane izakora serivisi z’ubushakashatsi ndetse ndetse n’amahugurwa ku ndwara yugarije abantu ya Kanseri. Igikorwa cyo gufungura no gutaha iyi nyubako nshya cyabaye kuri... Read more »

Ikibyimba arwaye ku Kibuno, gishobora kumuhitana cyangwa bakibanira mirere na mirere.

Ubwoba bukomeje kuba bwinshi cyane, ku mugabo warwaye ikibyimba ku Kibuno akaba anamaze gutakaza cyane ibiro, Afite impungenge ko yazabana nacyo ubuziraherezo. Uyu mugabo ufite ibibyimba byinshi ku bice by’umubiri we, Cyane... Read more »

Polisi igiye gushyira ibyapa biranga ahari ‘Camera’

Polisi y’Igihugu yatangaje ko igiye gushyira ibyapa biranga ahari Camera zo mu muhanda mu rwego rwo gukuraho urujijo. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Ukwakira 2023, mu kiganiro polisi... Read more »

Abarundi batweretse urenze hagati ya Melodie na The Ben ( Amafoto)

Umuririmbyi w’Umunyarwanda ,The Ben yageze ku Kibuga mpuzamahanga cy’indege cyitiriwe Melechior Ndadaye yakirwa mu cyubahiro . Yabyiniwe n’abakaraza banabyinnye. Ni ibintu bisanzwe bikorerwa abanyacyubahiro barimo ba Perezida. The Ben wanditse amateka yo... Read more »

Dr Kirenga Gad yifashishije Platini P bakora indirimbo i kangurira abantu kwigira kuri Perezida Kagame-VIDEO

Umuhanzi Nemeye Platini [Platini Baba] yahuje imbaraga na mugenzi we Kirenga Gad bakorana indirimbo bise “Ijana ku ijana”ikangurira Abanyarwanda kwisanisha n’imigirire ya Perezida Kagame ugejeje u Rwanda ahifuzwa. Iyi ndirimbo y’iminota 3... Read more »

u Rwanda rwungutse umuhanzikazi ufite uburanga burangaza abagabo n’abasore (Amafoto)

Umuziki nyarwanda ugenda ugira ikibazo cyo kuba urimo abakobwa bake ndetse n’ababashije kubaka amazina afatika bakawutera umugongo mu buryo budafututse n’abandi bakawukora biguru ntege. Ariko na none hari bamwe muri bo bahagaze... Read more »

Reba amafoto menshi : Prince Kid yasabye anakwa Miss Iradukunda Elsa 

Prince Kid yasabye anakwa Iradukunda Elsa wabaye Miss Rwanda mu 2017 Ubu bukwe uwabwita ineza yiturwa indi ntiyaba abeshye Ni ibirori byari bitegerezanyijwe amatsiko na benshi dore ko inkuru y’urukundo rwa Iradukunda... Read more »

I Kigali hagiye kugaragara utugare tuzwi mu mijyi yateye imbere

Ku bufatanye bw’Ibigo bibiri bikora ibijyanye n’ubwikorezi bw’ibintu no gutwara abantu, mu Rwanda hatangijwe ikoreshwa ry’utugare na moto nto bikoresha amashanyarazi, aho uyu mwaka uzasiga nibura hamaze kuza ibigera muri 500.Ni amasezerano... Read more »

Umugabo yishe umugore we, Nyuma y’umunsi umwe gusa, bahanye Divorse.

Umugabo wo muri Michigan, witwa Marcus Durayalle Lofton, yafunzwe azira kurasa umugore we Alicia Danielle Lofton akamwica, Nyuma yu’umunsi umwe basinye impapuro zo gutandukana nk’umugore n’umugabo {Divorce}. Aba bombi basezeranye kuzabana akaramata... Read more »