Ibintu 7 byo kuzingatira uguca ukubiri n’amande yo mu mihanda ya Kigali, Igihe utwaye.

Kigali ni umwe mu mijyi ufite imodoka nyinshi cyane kandi usurwa na benshi baturutse hanze y’u Rwanda, ibinyabiziga bigenda mu mujyi buri munsi hamwe ari nako Polisi ishinzwe umutekano wo mu muhanda... Read more »

Rwanda: Kurya biri kuba ihurizo ry’imibare itoroshye byagera ku birayi bikarushaho

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu bavuga ko batibuka igihe baherukira kurya ibirayi mu gihe byari ibiryo by’ibanze mu miryango yabo kubera izamuka rikabije ry’ibiciro byabyo, ku buryo ababitekereza bashyira... Read more »

‘Pseudobulbar Affect’, Indwara itera umuntu guseka ubusa cyangwa akiriza, Uyiziho iki?

Indwara ya Pseudobulbar Affect (PBA), itera umuntu kutabasha kugenzura ibyiyumviro bye, Akarangwa no gaseka cyangwa akarira n’igihe bitari ngombwa, Uyiziho iki benshi ntibayi? Iyi ni indwara ishobora guterwa n’impamvu zitandukanye zirimo gukomereka... Read more »

Wikerensa iki kibazo, Niba usonanukiwe ibi byago giteza ku buzima.

Ishinya nziza idafite ibibazo byo kubyimba no kurwara ni kimwe mu bimenyetso byiza by’imibereho myiza ya muntu muri rusange, Akaba ariyo mpamvu isuku yayo n’umutekano biba bigomba kwitabwaho umunsi ku wundi. Inzobere... Read more »

Icyo igisirikare cy’Uburundi cyatangaje nyuma yo gushinjwa kubogama kikarwanya M23

Igisirikare cy’u Burundi cyagize icyo kivuga nyuma y’iminsi Ingabo zacyo zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo zishinjwa kurenga ku nshingano zazijyanye zikabogamira kuri Guverinoma ya Kinshasa. Mu itangazo ry’Ubuyobozi... Read more »

Umuyobozi wa Sena y’Amerika Chuck Schumer yageze mu Bushinwa

Umuyobozi wa Sena y’Amerika Chuck Schumer yageze mu Bushinwa aho yahuye n’umuyobozi w’ishyaka rya gikomunisiti rya Shanghai Chen Jining. Biteganijwe kandi ko azahura na Perezida Xi Pinjing, nyuma akazakomereza urugendo rwe muri... Read more »

Ed Sheeran yashyize ku musozo, imirimo yo gucukura Imva ye azashyingurwamo.

Umuhanzi w’umunyamerika wamamaye cyane mu ndirimbo zitandukanye ku Isi yose, yamaze gushyira ku musozo imirimo yo gucukura imva ye azashyingurwamo mu gihe azaba atakirimo umwuka w’Abazima. Umuhanzi wakunzwe cyane, Sheeran we ubwe yitangarije ko... Read more »

Ikibyimba arwaye ku Kibuno, gishobora kumuhitana cyangwa bakibanira mirere na mirere.

Ubwoba bukomeje kuba bwinshi cyane, ku mugabo warwaye ikibyimba ku Kibuno akaba anamaze gutakaza cyane ibiro, Afite impungenge ko yazabana nacyo ubuziraherezo. Uyu mugabo ufite ibibyimba byinshi ku bice by’umubiri we, Cyane... Read more »

Umukecuru Ati ndishyura $ 15,000 buri kwezi ku muntu uwo ari we wese, uzandongora.

Umudamu wo muri Gana yahaye umugabo uwo ari we wese ku Isi, Ushaka kumurongora amafaranga ya y’amanyegana angana na GHc25.000 mu cyumweru ariko akagomba kuba yujuje ibisabwa bishakwa n’uyu mudamu. Uyu mudamu... Read more »

Uburyo 15, Abakobwa n’Abagore bakoresha basuzuma ko, Abahungu babakunda bya nyabyo.

Abagore benshi bakunze kugerageza imbaraga z’umubano barimo, Kugirango bamenye neza niba mugenzi wabo, Ari mu bwoko bw’Abasore cyangwa Abagabo bifuzaga ndetse baha agaciro, Ahanini banashaka kumenya imico yabo, no gusuzuma uburyo bitondera... Read more »