
Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora kumva uri ahantu hatandukanye, Aho bawifashisha nko mu birori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura... Read more »

Muri Kigali Convention Centre hatangijwe nama y’Ihuriro rya 23 ry’Ikigo Mpuzamahanga cy’Ubukerarugendo, World Travel and Tourism Council (WTTC) ku isi. Iyi nama yitabiriwe n’abarenga 1000 baturutse mu bihugu 45 bitandukanye. Iriga ku... Read more »

Uruganda rwa Skol Brewery Limited rumenyereweho gutera inkunga ibikorwa bitandukanye by’imyidagaduro birimo n’ikipe ya Rayon Sports yo mu cyiciro cya mbere hano mu Rwanda yakoze igikorwa cyo kwita ku buzima bw’abaturage baruturiye.... Read more »

Umusizi ukunzwe cyane mu Rwanda Junior Rumaga na Bahali Ruth, Umukunzi we bakomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga banatera urujijo ruhambaye uko bwije n’uko bucyeye. Aba bombi noneho bashyize hanze amafoto agaragaza ko bamaze... Read more »

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo, bwafunze by’agateganyo zimwe mu nsengero zivuga ko butujuje ibisabwa, nko kutabuza urusaku kujya hanze no kutagira ubwiherero n’inzira zagenewe abamugaye. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa... Read more »

WhatsApp yatangije uburyo bushya bwo guhindura ubutumwa woherereje umuntu utabishaka ukabasha kubukosora {Sent Message} mu minota 15 bwoherejwe. Ubu buryo bushya buzajya bufasaha umuntu wese gukosora ubutumwa yanditse kuri Whatsap guhera ku... Read more »

Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie, akanaba mu bahanzi bakunzwe cyane mu Rwanda yashyize hanze indirimbo ye nshya yise “When She is Aroung” yafatanyijemo n’imuhanzi Shaggy usanzwe akora injyana ya Dance... Read more »

Umugabo wo muri Kenya, abinyujije muri videwo yashyize ku rubuga rwa X izwi cyane nka Twitter, yavuze ko ashaka umukiriya wamugurira impyiko ye kuri Miliyoni 350 z’Amashilingi ya Kenya. Ni ukuvuga agera... Read more »

Ibihembo byari bitegerejwe na benshi bakunda umuziki wo ku mugabane w’u Burayi, bizwi nka MTV Europe Music, byasubitswe kubera intambara iri mu gace ka Gaza hagati ya ya Israel na Palestine. Itangazo... Read more »

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ko rwakongera igihe cy’iminsi 30 yo gufungwa by’agateganyo kuri Kazungu Dennis ukurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi bw’abantu bagera kuri 14. Kazungu ntiyageze mu cyumba cy’urukiko, yakoresheje ikoranbuhanga... Read more »