Mwiseneza Josiane wabaye “Miss Popularity 2019” yapfushije umubyeyi.

Miss Mwiseneza Josiane wahize abandi muri Miss Rwanda 2019, Akegukana ikamba rya Nyampinga ukunzwe kurusha abandi “Miss Popurality” yapfushije umubyeyi we umubyara witwa Mukamudenge Judith. Umubyeyi wa Josiane yitabye Imana mu rukerera... Read more »

Umuhanzikazi Bwiza ari mu byishimo bihambaye, Nyuma yo guhura akanaganira na Yemi Alade uri mu bahanzikazi bakomeye ku mugabane w’Afurika.

Kuri uyu wa gatanu, tariki ya 20 Ukwakira 2023, Umuhanzikazi Bwiza uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda yagize amahirwe yo guhura na mugenzi we asanzwe afata nk’ikitegererezo mu muziki Yemi Alade baganira... Read more »

Gasopo ku bakorera ibyaha ku mbuga nkoranyambaga, Kuko atazigera yihanganirwa “RIB”

Dr Murangira Thierry, Umuvugizi wa RIB, yibukije abaturarwanda byumwihariko abakoresha cyane imbuga nkoranyambaga ko urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rutazigera rwihanganira ibyaha bikorerwa ku mbuga nkoranyambaga bigakorwa n’abantu harimo n’abitwaje umurimo bakora. Ibi... Read more »

Amaso yose ahanzwe muri BK Arena muri “Trace Awards”, Ibirori byahumuye Ibyamamare batangiye kugera mu mujyi.

Hirya no hino mu mujyi wa Kigali ndetse no mu mpande zawo, Inkuru zihari ni ibitaramo bya Trace Awards bigiye kubera mu Rwagasabo ku nshuro ya mbere, Ari nako abahanzi bamwe na... Read more »

Ukuboko kwa MTN Rwanda mu rugamba rwo Kwibohora, kwayihaye uburenganzira bwo gukora serivisi zayo mu Rwanda.

Perezida Paul KAGAME, yavuze kucyo byasabye kugirango hafatwe icyemezo cyo kwemerera sosiyete ya MTN yo muri Afurika y’Epfo gukorera Serivisi zayo mu Rwanda. Ibi Perezida Kagame yabivuze ku mugoroba wo kuri uyu... Read more »

Perezida Joe Biden yemeje ko ashyigikiye Israël mu ntambara, Nyuma y’uruzinduko rwe i Tel-Aviv.

Perezida Joe Biden wakoze uruzinduko muri Islael wageze i Tel-Aviv mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Ukwakira 2023 nyuma y’amasaha make hagabwe igitero ku bitaro bya Gaza cyahitanye abarenga... Read more »

Imana ihora ihoze, KNC yiyemeje gufasha umwana w’Umunyarwanda wimwe amahirwe yo kujya mu cademy ya Buyern Munich

Perezida wa Gasogi KNC Imfurayiwacu yakiriye Iranzi Cedric, watsindiye kwinjira muri Academy ya Bayern Munich akirengagizwa, amuha ibikoresho by’ibanze by’imyitozo. Uyu mwana yakiriwe mu ikipe n’Umutoza Mukuru wa Gasogi w’Abanyezamu Jean Claude... Read more »

Ababyeyi be bamutereranye kubera kuba mubi, Nyuma y’imyaka, Yabishyuye Uruzinduko rutunguranye.

Tutitaye ku buryo umwana asa, bakwiriye gukundwa no kwitabwaho. Ikibabaje, ntabwo byari bimeze ku muhungu Kyle wo muri Iyi nkuru. Ababyeyi be babyitwayemo bamubonye akimara kuvuka byarabababaje baramutererana. Amaherezo, baramutaye. Ariko nyuma... Read more »

X yahoze ari twitter yatangije gahunda yo kwishyuza abayikoresha bashya mu bihugu 2 byo muri Asia.

Urubuga rwa ‘X’, rwahoze rwitwa Twitter, rwatangaje ko abantu bashya barukoresha muri Nouvelle-Zélande na Philippines bazajya bishyura idorari 1 ku mwaka mu kohereza ubutumwa kuri uru rubuga. Bishatse kuvuga ko mu gihe... Read more »

Arabacecekesheje, Yago Pon Dat yisanze mu bahanzi 4 bahataniye igihembo cy’umuhanzi mushya mwiza w’umwaka.

Uyu muhanzi akaba n’umunyamakuru, Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago mu itangazamakuru ndetse na Yago Pon Dan mu muziki atangiye vuba, Yongeye gucecekesha iminwa ya benshi batamukunda ndetse bavuga ko akwiye kureka umuziki... Read more »