‘Pseudobulbar Affect’, Indwara itera umuntu guseka ubusa cyangwa akiriza, Uyiziho iki?

Indwara ya Pseudobulbar Affect (PBA), itera umuntu kutabasha kugenzura ibyiyumviro bye, Akarangwa no gaseka cyangwa akarira n’igihe bitari ngombwa, Uyiziho iki benshi ntibayi? Iyi ni indwara ishobora guterwa n’impamvu zitandukanye zirimo gukomereka... Read more »

Mu burakari buhambaye, Islael ishaka kurimbura Gaza burundu. Batayo zapanuye hose.

Umuvugizi w’igisirikare cya IDF, Richard Hecht yavuze ko igisirikare cya Isiraheli cyamaze kubaka ibirindiro bikomeye ku mupaka wayo na Gaza, bitegura ibitero by’ahazaza no kurinda bidasubirwaho ubusugire bw’igihugu cyabo. Ubwo twakoraga iyi... Read more »

Saudi Arabia yasabye kuzakira igikombe cy’Isi cya 2034.

Igihugu cya Arabiya Sawudite cyashyikirije ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku isi FIFA, Ibaruwa yemewe isaba kwakira igikombe cy’Isi cya 2034 giherutse kubera muri Qatar. Iki gihugu cy’Ibwami cyatangaje bwa mbere ikifuzo cyo kwakira... Read more »

Wikerensa iki kibazo, Niba usonanukiwe ibi byago giteza ku buzima.

Ishinya nziza idafite ibibazo byo kubyimba no kurwara ni kimwe mu bimenyetso byiza by’imibereho myiza ya muntu muri rusange, Akaba ariyo mpamvu isuku yayo n’umutekano biba bigomba kwitabwaho umunsi ku wundi. Inzobere... Read more »

Apotre Yongwe bimurangiriyeho, Ubushinjacyaha bwifatiyemo.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko dosiye ya Harerimana Joseph, uzwi nka Apôtre Yongwe, ukurikiranyweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya, yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha. Uyu mugabo yatawe muri yombi ku Cyumweru... Read more »

Ni gute Ubutasi n’ubwirinzi bukomeye bya Israel, byananiwe kuburizamo ibitero by’umutwe wa Hamas?

“Ntituzi ukuntu ibi byashoboye kubaho.” nk’igisubizo cy’Abategetsi bo muri Islael batanze gikomeje kwibazwaho na benshi bazi iki gihugu mu bijyanye na Politike ndetse n’ubutasi bukomeye ku Isi yose. Icyo ni cyo gisubizo... Read more »

Ikamyo y’ibinyobwa bya Bralirwa ihiriye i Musanze.

Ikamyo y’Uruganda rwenga Ibinyobwa bisembuye n’Ibidasembuye, Bralirwa, Yavaga i Rubavu yerekeza mu Mujyi wa Kigali yafashwe n’inkongi igeze mu Mujyi wa Musanze. Read more »

Islael: Amarira ni menshi ku babyeyi ba Shani Louk, Wakataguwemo ibice na “Hamas” akajugunywa mu muhanda. {Video}

Umubyeyi wa Shani Louk wari wahogojwe n’umwana we aziko ari ukubura gusa yababajwe cyane no gusanga Umutwe wa Hamas ariwo wivuganye umukobwa we, Nyuma yo kubona umurambo we wajugunywe mu mihanda. Umubiri... Read more »

Islael yongeye gufatanamo n’umutwe wa Hamas hapfira Abanyapalestine 198, Abandi 1.000 barakomereka.

Leta ya Palesitine yatangaje ko byibuze abantu bayo basaga 198, Aribo bishwe abandi barenga 1.000 bagakomerekera mu myigaragambyo y’igitero cyagabwe n’indege za gisirikare muri Isiraheli mu ntara ya Gaza. Iyi myigaragambyo yatangijwe... Read more »

Umuyobozi wa Sena y’Amerika Chuck Schumer yageze mu Bushinwa

Umuyobozi wa Sena y’Amerika Chuck Schumer yageze mu Bushinwa aho yahuye n’umuyobozi w’ishyaka rya gikomunisiti rya Shanghai Chen Jining. Biteganijwe kandi ko azahura na Perezida Xi Pinjing, nyuma akazakomereza urugendo rwe muri... Read more »