Marines FC inganyije na Rayon Sports ibitego 2-2

Mu mukino w’ikirarane cy’Umunsi wa Kane wa Shampiyona wabereye kuri Stade Umuganda. Muri uyu mukino abafana ba Rayon Sports bari biteze ko ikipe yabo ibahoza amarira yabateye isezererwa mu mikino ya CAF... Read more »

Ed Sheeran yashyize ku musozo, imirimo yo gucukura Imva ye azashyingurwamo.

Umuhanzi w’umunyamerika wamamaye cyane mu ndirimbo zitandukanye ku Isi yose, yamaze gushyira ku musozo imirimo yo gucukura imva ye azashyingurwamo mu gihe azaba atakirimo umwuka w’Abazima. Umuhanzi wakunzwe cyane, Sheeran we ubwe yitangarije ko... Read more »

Masaka: Hafunguwe ku mugaragaro inyubako nziza, y’ikigo cy’ubushakashatsi ku ndwara ya Kanseri.

Mu karere ka Kicukiro, i Masaka huzuye inyubako nziza cyane izakora serivisi z’ubushakashatsi ndetse ndetse n’amahugurwa ku ndwara yugarije abantu ya Kanseri. Igikorwa cyo gufungura no gutaha iyi nyubako nshya cyabaye kuri... Read more »

Ikibyimba arwaye ku Kibuno, gishobora kumuhitana cyangwa bakibanira mirere na mirere.

Ubwoba bukomeje kuba bwinshi cyane, ku mugabo warwaye ikibyimba ku Kibuno akaba anamaze gutakaza cyane ibiro, Afite impungenge ko yazabana nacyo ubuziraherezo. Uyu mugabo ufite ibibyimba byinshi ku bice by’umubiri we, Cyane... Read more »

Umukecuru Ati ndishyura $ 15,000 buri kwezi ku muntu uwo ari we wese, uzandongora.

Umudamu wo muri Gana yahaye umugabo uwo ari we wese ku Isi, Ushaka kumurongora amafaranga ya y’amanyegana angana na GHc25.000 mu cyumweru ariko akagomba kuba yujuje ibisabwa bishakwa n’uyu mudamu. Uyu mudamu... Read more »

Uburyo 15, Abakobwa n’Abagore bakoresha basuzuma ko, Abahungu babakunda bya nyabyo.

Abagore benshi bakunze kugerageza imbaraga z’umubano barimo, Kugirango bamenye neza niba mugenzi wabo, Ari mu bwoko bw’Abasore cyangwa Abagabo bifuzaga ndetse baha agaciro, Ahanini banashaka kumenya imico yabo, no gusuzuma uburyo bitondera... Read more »

Jason Derulo arashinjwa kugerageza, kurya bango umuhanzikazi mushya afasha.

Uyu muhanzikazi mu njyana ya R&B witwa Emaza Gibson tanze ibirego bye avuga ko Jason Derulo yamusinyishije amasezerano yanditse muri Label y’umuziki agamije kuryamana nawe gusa kuko ngo nta rundi rukundo ajya... Read more »

Polisi y’Igihugu igiye gukora umukwabu wo gushaka liquor store na alimentations zahindutse utubari mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali.

Muri iyi minsi mu Rwanda hari gahunda ya Tunywe less murwego rwo gukangurira abantu kunywa murugero, arinako leta yafashe ingamba zo kugabanya amasaha yo kuba utubari dukora mugicuku. nubwo habayeho izo ngamba... Read more »

GAKENKE: 30% by’urubyiruko ruvurirwa mu bitaro bya Nemba bafata imiti igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA

Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Nemba biherereye mu Karere ka Gakenke buvuga ko 30% kubarwayi bafata imiti igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA. Ibi byose biravuhwa mu gace bareberera ari urubyiruko, rukaba rusabwa gufata... Read more »

RWANDA: RIB iri mu nama yo kwemeza ubufatanye n’ubwuzuzanye mu rwego rwo kubaka igihugu gitekanye

Aba Polisi bakorera mu Rwanda na RIB bari mu nama igamije gushimangira ubufatanye n’ubwuzuzanye mu rwego rwo kubaka igihugu gitekanye. Iyi nama yafunguwe ku mugaragaro na Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu, Alfred... Read more »