“Ntituzi ukuntu ibi byashoboye kubaho.” nk’igisubizo cy’Abategetsi bo muri Islael batanze gikomeje kwibazwaho na benshi bazi iki gihugu mu bijyanye na Politike ndetse n’ubutasi bukomeye ku Isi yose. Icyo ni cyo gisubizo... Read more »

Ikamyo y’Uruganda rwenga Ibinyobwa bisembuye n’Ibidasembuye, Bralirwa, Yavaga i Rubavu yerekeza mu Mujyi wa Kigali yafashwe n’inkongi igeze mu Mujyi wa Musanze. Read more »

Umubyeyi wa Shani Louk wari wahogojwe n’umwana we aziko ari ukubura gusa yababajwe cyane no gusanga Umutwe wa Hamas ariwo wivuganye umukobwa we, Nyuma yo kubona umurambo we wajugunywe mu mihanda. Umubiri... Read more »

Leta ya Palesitine yatangaje ko byibuze abantu bayo basaga 198, Aribo bishwe abandi barenga 1.000 bagakomerekera mu myigaragambyo y’igitero cyagabwe n’indege za gisirikare muri Isiraheli mu ntara ya Gaza. Iyi myigaragambyo yatangijwe... Read more »

Umuyobozi wa Sena y’Amerika Chuck Schumer yageze mu Bushinwa aho yahuye n’umuyobozi w’ishyaka rya gikomunisiti rya Shanghai Chen Jining. Biteganijwe kandi ko azahura na Perezida Xi Pinjing, nyuma akazakomereza urugendo rwe muri... Read more »

Mu mukino w’ikirarane cy’Umunsi wa Kane wa Shampiyona wabereye kuri Stade Umuganda. Muri uyu mukino abafana ba Rayon Sports bari biteze ko ikipe yabo ibahoza amarira yabateye isezererwa mu mikino ya CAF... Read more »

Umuhanzi w’umunyamerika wamamaye cyane mu ndirimbo zitandukanye ku Isi yose, yamaze gushyira ku musozo imirimo yo gucukura imva ye azashyingurwamo mu gihe azaba atakirimo umwuka w’Abazima. Umuhanzi wakunzwe cyane, Sheeran we ubwe yitangarije ko... Read more »

Mu karere ka Kicukiro, i Masaka huzuye inyubako nziza cyane izakora serivisi z’ubushakashatsi ndetse ndetse n’amahugurwa ku ndwara yugarije abantu ya Kanseri. Igikorwa cyo gufungura no gutaha iyi nyubako nshya cyabaye kuri... Read more »

Ubwoba bukomeje kuba bwinshi cyane, ku mugabo warwaye ikibyimba ku Kibuno akaba anamaze gutakaza cyane ibiro, Afite impungenge ko yazabana nacyo ubuziraherezo. Uyu mugabo ufite ibibyimba byinshi ku bice by’umubiri we, Cyane... Read more »

Umudamu wo muri Gana yahaye umugabo uwo ari we wese ku Isi, Ushaka kumurongora amafaranga ya y’amanyegana angana na GHc25.000 mu cyumweru ariko akagomba kuba yujuje ibisabwa bishakwa n’uyu mudamu. Uyu mudamu... Read more »