Umuririmbyi Islael MBONYI uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda yakiriwe nk’igikomangoma mu gihugu cya Kenya aho yagiye muri gahunda z’ibitaramo. Mu rukerera rwo kuri uyu wa 14 Kanama 2024... Read more »
Umuhanzi akanaba utunganya umuziki {Producer} Element Eleeh yatangaje ko nta mpungenge abantu bakwiye kugira ko indirimbo yabo nshya yitwa “Sikosa” yaba itagisohotse nkuko byavuzwe mu itangazamakuru. Element yatangaje ibi nyuma yuko hakomeje... Read more »
Umuraperi GSB Kiloz afatanije na Gisa cy’Inganzo basohoye indirimbo nshya ikubiyemo ubutumwa bucyebura benshi bishyira hejuru nyamara ubuzima buhinduka isaha n’isaha. Umuraperi Iraguha Lando Fils uzwi nka GSB Kiloz yongeye kumena wino... Read more »
The Ben udakunzi kuvuga byinshi mu itangazamakuru no mu gihe bagenzi be bamuvuzeho bamushoraho intambara, yagaragaje amarangamutima ye ko arambiwe umwanda uri muri muzika nyarwanda. Mugisha Benjamins uzwi nka The Ben yatangaje... Read more »
Papa Cyangwe ashashe inzobe ashyira ukuri kose hanze ku bibazo bye na Rocky Kimomo, wahoze amubereye Sebuja nyamara amurya imitsi gusa. Hari hashize imyaka itari munsi y’itatu umuraperi Abijuru King Lewis wamamaye... Read more »
Mu isi yose, Abazungu cyangwa Abirabura twese duhuje ibirenge, ibyobirenge byacu bigabanyijwe mu bwoko bune(4) tugendeye ku buryo amano atondetswe ku kirenge. Na none kandi ibirenge bishobora gushyirwa mu byiciro hagendewe kuri... Read more »
Riderman na Bulldog bitegura kumurika album bahuriyemo “Icyumba cy’Amategeko”, batangiye gutangaza abahanzi bazabafasha gususurutsa abakunzi b’umuziki wa Hip hop bazacyitabira. Riderman yatangarije Isibo TV ko iki gitaramo cyahariwe umuziki wa Hip hop... Read more »
Uburyo bwo kuba umuntu yatwitira undi bizwi nka ’Surrogacy’ bwamamaye mu bihugu byateye imbere, bwifashishwa n’abagore bafite ibibazo bitandukanye bituma badashobora gusama cyangwa gutwita inda ngo umwana azashobore kuvuka ari muzima, ubu... Read more »
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 3 Kanama 2024, Nyabugogo habereye impanuka ikomeye yahitanye umugenzi umwe wari utwawe ku igare. Imodoka yo mu bwoko bwa Howo yavaga Gitikinyoni yerekeza Nyabugogo, igeze ku... Read more »
Mu birori bibereye Ijisho “Rayon Day” yagenze neza ndetse abakunzi ba Rayon Sports bataha batabishaka, Nyuma yo guhatwa umuziki n’abarimo Bushali uri mu bahanzi nyarwanda bakunzwe cyane muri iyi minsi. Ni ibirori... Read more »