Kenya: Byasubiwemo Abatunze ipusi bagomba gutangira kuzitangira umusoro.

Muri Kenya hagiye gushyirwaho umusoro w’injangwe ku bazitunze bose ndetse nazo zikajya zibanza kwandikishwa mu irangamimerere y’umuryango, mbere yo kuzitunga mu rugo. Kugeza ubu abatuye i Nairobi mu gihugu cya Kenya basanzwe... Read more »

Ubushita bw’Inkende bwakamejeje, mu bihugu bituranye n’u Rwanda.

Nyuma y’iminsi mike igeze mu Rwanda, indwara y’Ubushita bw’Inkende cyangwa se Monkeypox, yamaze kugaragara muri Kenya na Centrafrique, ibikomeje kuzamura impungenge ku muvuduko w’ikwirakwira ryayo, ndetse hakibazwa ku bushobozi bw’ibihugu bya Afurika... Read more »

Mutabare utazuyaje ashaka ko muryamana gusa yagutinye, numubonana ibi bimenyetso.

Ntukibeshye ngo utekereze ko abahungu aribo bakenera gukora imibonano mpuzabitsina bonyine, N’abakobwa barabyifuza ariko bagapfira imbere bakabasha kubihisha n’ubwo hari ibimenyetso bagaragaza bamwe mu bahungu batamenya. Ni byiza ko ukora imibonano mpuzabitsina... Read more »

P Diddy agiye kwisanga mu nkiko, Nyuma yo gusanga yaragize uruhare, mu rupfu rwa 2 Pac.

Umuryango wa nyakwigendera 2pac Shakur batangaje ko bagiye kwitabaza amategeko mu rwego rwo kumenya neza niba umuraper P. Diddy nta ruhare afite mu rupfu rwa 2pac. Umuryango wa Nyakwigendera 2 pac Shakur... Read more »

Hari ikizere ku gucyemuka kw’ibibazo by’umutekano, hagati y’U Rwanda na RDC.

Ibiganiro hagati y’abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga b’ibihugu byombi u Rwanda na Congo byashimangiye ko hari ikizere ku gucyemura ibibazo by’umutekano hagati y’ibihugu byombi. Kuri uyu wa Kabiri, tariki 30 Nyakanga 2024 i Luanda... Read more »

Ibi bintu 6 abantu bakunze kubikora, kandi byangiza ubuzima cyane.

Akenshi iyo abantu bavuze ibyangiza ubuzima abantu bumva ibyo kurya n’ibyo kunywa bibi no kudakora imyitozo ngororamubiri. Yego nabyo byangiza ubuzima ariko hari ibindi bintu by’ingenzi abantu bagakwiye kureka kuko usanga byangiza... Read more »

Ibanga, Akamaro, Byinshi Wamenya Ku Mugenzo Wo Guca Imyeyo {Gukuna}.

Guca imyeyo cyangwa se gukuna ni umwe mu migenzo imaze imyaka myinshi ikorwa mu Rwanda ndetse no bindi bice bya Afurika cyane cyane iy’Iburasirazuba n’iy’Amajyepfo, ariko se ni ngombwa ko buri mukobwa... Read more »

Lina Medina, niwe mugore wenyine wabyaye akiri muto ku myaka 5 gusa mu mateka y’Isi.

Lina Medina, umukobwa ukiri muto ukomoka muri Peru yari akiri umwana ubwe igihe yibarukaga umwana w’umuhungu mu 1939, urubanza rukomeye rukaba rukomeje kuba amayobera atarakemuka kugeza na n’ubu. Impungenge zatangiye kwiyongera igihe... Read more »

Ibyo wamenya kuri “Mpox” indwara ikomoka ku nkende yamaze kugera no mu Burundi.

Mu gihugu cy’u Burundi mu mujyi wa Bujumbura hagaragaye abarwayi batatu bafashwe n’icyorezo cy’indwara y’ibihara izwi nka ’monkeypox’ ikomoka ku nkende. Minisitiri w’Ubuzima rusange, Lyduine Baradahana kuri uyu wa Kane, yavuze ko... Read more »

Abasura Pariki ya Nyungwe bashyizwe igorora.

Pariki ya Nyungwe ikomeje kwitabwaho no kuvugururwa kugirango ikomeze gukurura ba Mukerarugendo basanzwe bayisura. Mu bintu birimo gukurura ba mukerarugendo basura pariki ya Nyungwe harimo inzira zo mu kirere, ahubatswe ikiraro cy’ibyuma... Read more »