Sheebah yahishuye abahanzikazi bagenzi be yuhabaha kandi afatiraho ikitegererezo.

Umuhanzikazi ukunzwe cyane mu gihugu cya Uganda yatangaje bamwe mu bahanzikazi ba mbere afatiraho ikitegererezo mu buryo bitwara iyo bari ku rubyiniro kugira ngo bashimishe abafana babo, yitsa cyane ku muhanzikazi Winnie... Read more »

Kayibanda Aurore wabaye Miss Rwanda 2012, yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi Gatera Jacques.

Kayibanda Mtesi Aurore wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2012, Yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Gatera Jacques bamaranye igihe kinini bakundana. Kuri uyu wa 15 Kanama 2024, nibwo Miss Aurore Kayibanda... Read more »

Dutemberane kwa Kabebe mu mugi wa Kigali, Akabari abakobwa babyina bambaye ubusa bakinyaza imbere y’abakiriya.

Biragoye kubyiyumvisha no kwemera ko ari ibintu biriho kandi biganje, ariko Kigali yabaye amahanga. Ibyo usoma muri iyi nkuru, si ukwamamaza, ni uko akariho kavugwa! Byari mu masaha y’umugoroba ahagana i Saa... Read more »

Umuhanga mu gutunganya Sounds mu Rwanda agiye gukora ubukwe n’umu Diaspora (Amafoto)

Ravi Umaze imyaka myinshi mu mwuga wo guhuza no gutunganya ibyuma by’umuziki mu Rwanda agiye gukora ubukwe n’umukunzi we w’umudiaspora, Nyuma y’imyaka itari micye bari mu munyenga w’urukundo. Innocent NSHIZIMPUMU uzwi cyane... Read more »

Amashirakinyoma, Ese koko Peter na Paul ba P-Square baba biyunze. Igaruka rya P.Square yakanyujijeho.

Nyuma yo guterana amagambo, abavandimwe b’impanga Peter na Paul, bari bagize itsinda rya P-Square, biyunze nyuma y’umubano utari mwiza umaze iminsi hagati yabo watumye itsinda ryabo risenyuka. Byavuzwe hashingiwe ku ifoto aba... Read more »

Sheebah yageze i Kigali, udushya twitezwe muri “The Keza Camp Out Experience 1st Edition’’.

Umuhanzikazi Sheebah Karungi wo muri Uganda witezwe gutaramira abanyakigali kuri uyu wa gatandatu, yamaze gusesekara I Kigali ndetse n’itsinda ry’abahanzi nyarwanda n’ababyinnyi ririteguye. Sheebah Karungi ategerejwe mu gitaramo cyiswe “The Keza Camp... Read more »

Element ashyize umucyo ku bibazo bye na 1:55 AM, byerekeranye n’indirimbo “Sikosa”

Umuhanzi akanaba utunganya umuziki {Producer} Element Eleeh yatangaje ko nta mpungenge abantu bakwiye kugira ko indirimbo yabo nshya yitwa “Sikosa” yaba itagisohotse nkuko byavuzwe mu itangazamakuru. Element yatangaje ibi nyuma yuko hakomeje... Read more »

GSB Kiloz yahuje imbaraga na Gisa cy’Inganzo basohora indirimbo nziza, icyebura benshi.

Umuraperi GSB Kiloz afatanije na Gisa cy’Inganzo basohoye indirimbo nshya ikubiyemo ubutumwa bucyebura benshi bishyira hejuru nyamara ubuzima buhinduka isaha n’isaha. Umuraperi Iraguha Lando Fils uzwi nka GSB Kiloz yongeye kumena wino... Read more »

The Ben yatanze gasopo ko arambiwe ibibazo n’amakimbirane biri mu muziki nyarwanda.

The Ben udakunzi kuvuga byinshi mu itangazamakuru no mu gihe bagenzi be bamuvuzeho bamushoraho intambara, yagaragaje amarangamutima ye ko arambiwe umwanda uri muri muzika nyarwanda. Mugisha Benjamins uzwi nka The Ben yatangaje... Read more »

Birasobanutse burya cya Kirangirire kiba kikina gusa, cyariye umwana imitsi, Cyangwe byose abishyize hanze.

Papa Cyangwe ashashe inzobe ashyira ukuri kose hanze ku bibazo bye na Rocky Kimomo, wahoze amubereye Sebuja nyamara amurya imitsi gusa. Hari hashize imyaka itari munsi y’itatu umuraperi Abijuru  King Lewis wamamaye... Read more »