
Kwizera Emelyne uheruka kugaragara mu mashusho afashwe n’umuhanzi The Ben mu mayunguyungu, bikavugisha benshi ndetse bamwe bakavuga ko yamufasheho akarengera akagera aho kumukurura umwenda w’imbere, yabyamaganiye kure, avuga ko atariko byagenze. Uyu... Read more »

Umuhanzikazi ukunzwe cyane mu gihugu cya Uganda yatangaje bamwe mu bahanzikazi ba mbere afatiraho ikitegererezo mu buryo bitwara iyo bari ku rubyiniro kugira ngo bashimishe abafana babo, yitsa cyane ku muhanzikazi Winnie... Read more »

Kayibanda Mtesi Aurore wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2012, Yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Gatera Jacques bamaranye igihe kinini bakundana. Kuri uyu wa 15 Kanama 2024, nibwo Miss Aurore Kayibanda... Read more »

Biragoye kubyiyumvisha no kwemera ko ari ibintu biriho kandi biganje, ariko Kigali yabaye amahanga. Ibyo usoma muri iyi nkuru, si ukwamamaza, ni uko akariho kavugwa! Byari mu masaha y’umugoroba ahagana i Saa... Read more »

Ravi Umaze imyaka myinshi mu mwuga wo guhuza no gutunganya ibyuma by’umuziki mu Rwanda agiye gukora ubukwe n’umukunzi we w’umudiaspora, Nyuma y’imyaka itari micye bari mu munyenga w’urukundo. Innocent NSHIZIMPUMU uzwi cyane... Read more »

Nyuma yo guterana amagambo, abavandimwe b’impanga Peter na Paul, bari bagize itsinda rya P-Square, biyunze nyuma y’umubano utari mwiza umaze iminsi hagati yabo watumye itsinda ryabo risenyuka. Byavuzwe hashingiwe ku ifoto aba... Read more »

Umuhanzikazi Sheebah Karungi wo muri Uganda witezwe gutaramira abanyakigali kuri uyu wa gatandatu, yamaze gusesekara I Kigali ndetse n’itsinda ry’abahanzi nyarwanda n’ababyinnyi ririteguye. Sheebah Karungi ategerejwe mu gitaramo cyiswe “The Keza Camp... Read more »

Umuhanzi akanaba utunganya umuziki {Producer} Element Eleeh yatangaje ko nta mpungenge abantu bakwiye kugira ko indirimbo yabo nshya yitwa “Sikosa” yaba itagisohotse nkuko byavuzwe mu itangazamakuru. Element yatangaje ibi nyuma yuko hakomeje... Read more »

Umuraperi GSB Kiloz afatanije na Gisa cy’Inganzo basohoye indirimbo nshya ikubiyemo ubutumwa bucyebura benshi bishyira hejuru nyamara ubuzima buhinduka isaha n’isaha. Umuraperi Iraguha Lando Fils uzwi nka GSB Kiloz yongeye kumena wino... Read more »

The Ben udakunzi kuvuga byinshi mu itangazamakuru no mu gihe bagenzi be bamuvuzeho bamushoraho intambara, yagaragaje amarangamutima ye ko arambiwe umwanda uri muri muzika nyarwanda. Mugisha Benjamins uzwi nka The Ben yatangaje... Read more »