Yago PonDat atanze ikibonezamvugo n’umukoro kuri Chris Eazy n’abajyanama be. {Video}

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Yago PonDat yatunguye benshi cyane mu gitaramo cye cyo kumurika Alubumu ye ya mbere “Suwejo” byumwihariko ku mpano yateguriye ababyeyi be ifite igisobanuro gihambaye. Kuri uyu wa gatanu tariki... Read more »

Bwiza.Manager Muyoboke, Claude, Sendeli na bandi benshi begukanye ibihembo muri KEA2023

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki 16 ukuboza 2023 wari umunsi utegerejwe na benshi mu bafite aho bahurira n’imyidagaduro hano mu Rwanda. Wari umugoroba uteguye neza aho ibyo birori byitabiriwe... Read more »

nyuma y’umwaka nta ndirimbo, The Ben yashyize hanze indirimbo “Ni Forever” igaragaramo umugore we.

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben mu muziki nyarwanda abaye umwe mu bahanzi bahiriwe cyane n’impera z’umwaka wa 2023 ndetse yongera gushimangira ko ari umuhanzi w’abanyarwanda cyane kurusha uko ari uw’ibikorwa.... Read more »

Zari yibutse Ivan Ssemwanga ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko

Ku wa kabiri washize tariki  ya 12 Ukuboza  2023 Ivan Ssemwanga  wahoze  ari umugabo wa Zari The Boss lady yari kuba yujuje  imyaka 46 . Kuri uwo munsi  zari wahoze ari  umugabo... Read more »

Perezida samia Suluhu yongeye guha ubufasha bwo kwivuza Professor Jay

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yatanze miliyoni 50 Tshs (arenga miliyoni 24 Frw) mu muryango washinzwe n’Umuraperi Professor Jay, yongeraho arenga miliyoni 23 Frw (ni miliyoni 47 Tshs) yo kumufasha kwivuza... Read more »

Niyo Bosco yinjiye muri Kikac Music nyuma yo gusohokamo kwa Mico The Best

Umuhanzi  Niyo Bosco umaze hafi imyaka ibiri adasohora indirimbo, yateguje abakunzi b’umuziki we EP y’indirimbo ishanu yise “New Chapter”. Uyu muhanzi ateguje iyi EP nyuma yo gusinyana amasezerano y’imikoranire y’imyaka itanu na... Read more »

Umuhanzikazi Zahara yitabye Imana

Umuririmbyi Bulelwa Mkutukana, wamenyekanye nka Zahara mu muziki, ukomoka muri Afurika y’Epfo wari uri mu banyempano bakomeye mu kugorora ijwi no kurijyanisha n’umurya wa Guitar , yitabye Imana nyuma y’imyaka ine ataramiye... Read more »

Zari The  Boss Lady yatumiye  Tanasha  Donna  mu gitaramo azakorera  I Kampala

Umushoramari akaba n’umunyamideli  Zari Hussein umaze kumenyekana cyane ku mbuga nkoranyambaga  kubera gukurikirwa n’abarenga miliyoni 11 bitunguranye  uyu mugore w’abana batanu  harimo abao yabyaranye  na Diamond  Platnumz yatumiye  Tanasha Donna  nawe wabaye ... Read more »

Umuhanzikazi  Taylor Swift  yinjije arenga miliyali 1$ mu gihe cy’amezi 9

Umuhanzikazi  Taylor Swift  yaciye agahigo   kurenza  abandi bahanzi mu kwinjiza akayabo ka miliyari mu bitaramo bya Eras Tour  amaze amezi hafi icyenda azenguruka isi yose . Ni amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru Pollstar kizobereye... Read more »

Bruce Melodie yasubiye  muri Amerika mu bitaramo azahuriramo na Shaggy

Bruce Melodie yongeye gusubira muri Amerika aho afite ibitaramo birimo n’icyo azahuriramo n’Abanyarwanda mu gusoza umwaka wa 2023. Uyu muhanzi wari werekeje muri Amerika bwa mbere yitabiriye igitaramo yagombaga gutaramanamo na Shaggy... Read more »