
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki 16 ukuboza 2023 wari umunsi utegerejwe na benshi mu bafite aho bahurira n’imyidagaduro hano mu Rwanda. Wari umugoroba uteguye neza aho ibyo birori byitabiriwe... Read more »

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben mu muziki nyarwanda abaye umwe mu bahanzi bahiriwe cyane n’impera z’umwaka wa 2023 ndetse yongera gushimangira ko ari umuhanzi w’abanyarwanda cyane kurusha uko ari uw’ibikorwa.... Read more »

Ku wa kabiri washize tariki ya 12 Ukuboza 2023 Ivan Ssemwanga wahoze ari umugabo wa Zari The Boss lady yari kuba yujuje imyaka 46 . Kuri uwo munsi zari wahoze ari umugabo... Read more »

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yatanze miliyoni 50 Tshs (arenga miliyoni 24 Frw) mu muryango washinzwe n’Umuraperi Professor Jay, yongeraho arenga miliyoni 23 Frw (ni miliyoni 47 Tshs) yo kumufasha kwivuza... Read more »

Umuhanzi Niyo Bosco umaze hafi imyaka ibiri adasohora indirimbo, yateguje abakunzi b’umuziki we EP y’indirimbo ishanu yise “New Chapter”. Uyu muhanzi ateguje iyi EP nyuma yo gusinyana amasezerano y’imikoranire y’imyaka itanu na... Read more »

Umuririmbyi Bulelwa Mkutukana, wamenyekanye nka Zahara mu muziki, ukomoka muri Afurika y’Epfo wari uri mu banyempano bakomeye mu kugorora ijwi no kurijyanisha n’umurya wa Guitar , yitabye Imana nyuma y’imyaka ine ataramiye... Read more »

Umushoramari akaba n’umunyamideli Zari Hussein umaze kumenyekana cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera gukurikirwa n’abarenga miliyoni 11 bitunguranye uyu mugore w’abana batanu harimo abao yabyaranye na Diamond Platnumz yatumiye Tanasha Donna nawe wabaye ... Read more »

Umuhanzikazi Taylor Swift yaciye agahigo kurenza abandi bahanzi mu kwinjiza akayabo ka miliyari mu bitaramo bya Eras Tour amaze amezi hafi icyenda azenguruka isi yose . Ni amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru Pollstar kizobereye... Read more »

Bruce Melodie yongeye gusubira muri Amerika aho afite ibitaramo birimo n’icyo azahuriramo n’Abanyarwanda mu gusoza umwaka wa 2023. Uyu muhanzi wari werekeje muri Amerika bwa mbere yitabiriye igitaramo yagombaga gutaramanamo na Shaggy... Read more »

Umushoramari washinze inzu ifasha abahanzi mu bya muzika ya The Mane, Mupende Ramadhan [Bad Rama], yakoze ibirori byo kwakira umuvandimwe we Olivier bari baraburanye mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, byitabiriwe n’ibyamamare... Read more »