Kicukiro: Umuraperi Bull Dogg, Yongeye gukora amateka ahitwa Flash Light Bar.{Amafoto}

Ndayishimiye Bertrand wamamaye nka Bull Dogg nk’umuraperi muri Tuff Gangs yongeye kubyutsa urukundo ruri mu bakunzi b’iyi njyana ya Hip Hop, Nyuma yo kurengwa n’urukundo bamweretse mu gitaramo yakoreye ahitwa Flash Light... Read more »

Titi Brown wasengewe na benshi yagizwe umwere, Nyuma y’imyaka isaga 2 afunzwe.

Nyuma y’akababaro kenshi ndetse no kutabyumva kimwe byaranze abakunzi ba Titi Brown ndetse n’abakurikiranira imyidagaduro mu Rwanda, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagizwe umwere umubyinnyi Titi Brown nyuma y’imyaka 2 afunzwe ndetse runategeka... Read more »

Nyuma yo kwibasirwa bikomeye, The Ben na Pamela bagabanyije ibiciro ku bazakurikira ubukwe bwabo.

Nyuma yo kwibasirwa cyane n’abakoresha imbuga nkoranyambaga ndetse bavanzemo n’abakunzi b’aba bombi, The Ben na Pamela umukunzi we bahisemo kugabanya ibiciro ku bagomba kwitabira ibirori by’ubukwe bwabo. Benshi batangiye kwibasira uyu muhanzi... Read more »

Ni iki kitezwe gukurikiraho, Urubanza rwa Prince Kid, Iminsi 28 irashize Akatiwe igifungo cy’imyaka 5.

Ese ni iki kitezwe gukurikiraho, nyuma yuko iminsi 28 yose yihiritse Uwitwa Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid akatiwe n’urukiko rukuru igihano cy’imyaka 5. Kuwa 13 Ukwakira 2023 nibwo umucamanza mu rukiko... Read more »

Dore indirimbo 5 z’abahanzi nyarwanda zarebwe cyane ku rubuga rwa youtube kuva 2010 kugeza ubu muri 2023.

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora kumva uri ahantu hatandukanye, Aho bawifashisha nko mu birori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura... Read more »

Urujijo rukomeje kuba rwinshi, Nyuma noneho yo gusohora amafoto agaragaza bibarutse, Rumaga na Bahali.

Umusizi ukunzwe cyane mu Rwanda Junior Rumaga na Bahali Ruth, Umukunzi we bakomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga banatera urujijo ruhambaye uko bwije n’uko bucyeye. Aba bombi noneho bashyize hanze amafoto agaragaza ko bamaze... Read more »

LIVE : Uko igitaramo cya “Boyz II Men” kiri kugenda, Andy Bumuntu avuye ku rubyiniro {Amafoto & Video}

Itsinda “Boyz II Men” ryataramiye Abanya Kigali biratinda kuri uyu mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki ya 28 Ukwakira 2023 muri BK Arena isanzwe iberamo ibitaramo bikomeye. Ni igitaramo cyamaze igihe kinini... Read more »

Ya ndirimbo ya Bruce Melodie yakoranye na Shaggy igiye hanze Harashya. {Video}

Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie, akanaba mu bahanzi bakunzwe cyane mu Rwanda yashyize hanze indirimbo ye nshya yise “When She is Aroung” yafatanyijemo n’imuhanzi Shaggy usanzwe akora injyana ya Dance... Read more »

Amakimbirane ya Isiraheli na Palesitine yatumye ibihembo bya MTV Europe Music bisubikwa.

Ibihembo byari bitegerejwe na benshi bakunda umuziki wo ku mugabane w’u Burayi, bizwi nka MTV Europe Music, byasubitswe kubera intambara iri mu gace ka Gaza hagati ya ya Israel na Palestine. Itangazo... Read more »

LIVE: Tubahaye ikaze muri BK Arena ahari kubera igitaramo cya Trace Awards.

Murakaza neza muri BK Arena ahari kubera igitaramo cya Trace Awards kigamije gushimira abahanzi b’indashyikirwa bahize abandi, yaba muri Afurika no hanze yayo ku migabane itandukanye. Ni ibihembo bigiye gutangirwa muri Afurika... Read more »