
Nyuma y’akababaro kenshi ndetse no kutabyumva kimwe byaranze abakunzi ba Titi Brown ndetse n’abakurikiranira imyidagaduro mu Rwanda, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagizwe umwere umubyinnyi Titi Brown nyuma y’imyaka 2 afunzwe ndetse runategeka... Read more »

Nyuma yo kwibasirwa cyane n’abakoresha imbuga nkoranyambaga ndetse bavanzemo n’abakunzi b’aba bombi, The Ben na Pamela umukunzi we bahisemo kugabanya ibiciro ku bagomba kwitabira ibirori by’ubukwe bwabo. Benshi batangiye kwibasira uyu muhanzi... Read more »

Ese ni iki kitezwe gukurikiraho, nyuma yuko iminsi 28 yose yihiritse Uwitwa Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid akatiwe n’urukiko rukuru igihano cy’imyaka 5. Kuwa 13 Ukwakira 2023 nibwo umucamanza mu rukiko... Read more »

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora kumva uri ahantu hatandukanye, Aho bawifashisha nko mu birori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura... Read more »

Umusizi ukunzwe cyane mu Rwanda Junior Rumaga na Bahali Ruth, Umukunzi we bakomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga banatera urujijo ruhambaye uko bwije n’uko bucyeye. Aba bombi noneho bashyize hanze amafoto agaragaza ko bamaze... Read more »

Itsinda “Boyz II Men” ryataramiye Abanya Kigali biratinda kuri uyu mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki ya 28 Ukwakira 2023 muri BK Arena isanzwe iberamo ibitaramo bikomeye. Ni igitaramo cyamaze igihe kinini... Read more »

Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie, akanaba mu bahanzi bakunzwe cyane mu Rwanda yashyize hanze indirimbo ye nshya yise “When She is Aroung” yafatanyijemo n’imuhanzi Shaggy usanzwe akora injyana ya Dance... Read more »

Ibihembo byari bitegerejwe na benshi bakunda umuziki wo ku mugabane w’u Burayi, bizwi nka MTV Europe Music, byasubitswe kubera intambara iri mu gace ka Gaza hagati ya ya Israel na Palestine. Itangazo... Read more »

Murakaza neza muri BK Arena ahari kubera igitaramo cya Trace Awards kigamije gushimira abahanzi b’indashyikirwa bahize abandi, yaba muri Afurika no hanze yayo ku migabane itandukanye. Ni ibihembo bigiye gutangirwa muri Afurika... Read more »

Miss Mwiseneza Josiane wahize abandi muri Miss Rwanda 2019, Akegukana ikamba rya Nyampinga ukunzwe kurusha abandi “Miss Popurality” yapfushije umubyeyi we umubyara witwa Mukamudenge Judith. Umubyeyi wa Josiane yitabye Imana mu rukerera... Read more »