Ibyamamare 5 bikurikirwa n’abantu benshi kuri Instagram kw’Isi hose.

Imbuga nkoranyambaga zagiye zorohereza abantu batandukanye kumenyekanisha ibikorwa byabo, ugereranije n’imyaka yatambutse aho byari bigoye ko abantu bamenya buri kimwe muburyo bworoshye, nk’amakuru, imiziki, filime, n’ibicuruzwa ku masoko, ibi byose rerro ni... Read more »

Dore urutonde rw’indirimbo 5 zimaze kurebwa cyane kw’Isi yose kuva 2010 kugeza 2023.

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho bawifashisha nko mubirori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura, ku maradiyo,... Read more »

Dore indirimbo 5 z’abahanzi ny’Afrika zarebwe cyane ku rubuga rwa youtube kuva 2015 kugeza ubu muri 2023.

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho bawifashisha nko mubirori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura, ku maradiyo,... Read more »

Kicukiro: Umuraperi Bull Dogg, Yongeye gukora amateka ahitwa Flash Light Bar.{Amafoto}

Ndayishimiye Bertrand wamamaye nka Bull Dogg nk’umuraperi muri Tuff Gangs yongeye kubyutsa urukundo ruri mu bakunzi b’iyi njyana ya Hip Hop, Nyuma yo kurengwa n’urukundo bamweretse mu gitaramo yakoreye ahitwa Flash Light... Read more »

Titi Brown wasengewe na benshi yagizwe umwere, Nyuma y’imyaka isaga 2 afunzwe.

Nyuma y’akababaro kenshi ndetse no kutabyumva kimwe byaranze abakunzi ba Titi Brown ndetse n’abakurikiranira imyidagaduro mu Rwanda, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagizwe umwere umubyinnyi Titi Brown nyuma y’imyaka 2 afunzwe ndetse runategeka... Read more »

Nyuma yo kwibasirwa bikomeye, The Ben na Pamela bagabanyije ibiciro ku bazakurikira ubukwe bwabo.

Nyuma yo kwibasirwa cyane n’abakoresha imbuga nkoranyambaga ndetse bavanzemo n’abakunzi b’aba bombi, The Ben na Pamela umukunzi we bahisemo kugabanya ibiciro ku bagomba kwitabira ibirori by’ubukwe bwabo. Benshi batangiye kwibasira uyu muhanzi... Read more »

Kenya: Umwuzure wishe abagera kuri 15, wimura Ibihumbi.

Umuryango wa Croix-Rouge muri iki gihugu cya Kenya uvuga ko muri NAIROBI, KENYA Imvura nyinshi yivanze n’umuyaga mwinshi byavuyemo umwuzure uherutse guhitana abantu 15 muri ndetse n’abandi ibihumbi n’ibihumbi bakimurwa mu byabo.... Read more »

Ni iki kitezwe gukurikiraho, Urubanza rwa Prince Kid, Iminsi 28 irashize Akatiwe igifungo cy’imyaka 5.

Ese ni iki kitezwe gukurikiraho, nyuma yuko iminsi 28 yose yihiritse Uwitwa Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid akatiwe n’urukiko rukuru igihano cy’imyaka 5. Kuwa 13 Ukwakira 2023 nibwo umucamanza mu rukiko... Read more »

Rwatubyaye Abdul asanga Rayon Sports ifite amahirwe menshi yo gutwara igikombe cya Shampiyona.

Rwatubyaye Abdul umwe muri ba myugariro bakomeye ba Rayon Sports, akaba na kapiteni w’iyi kipe yatangaje ko akurikije ahantu iyi kipe ihagaze, akurikije n’uburyo amakipe ayiri imbere ahagaze, ahamya ko Rayon Sports... Read more »

Dore indirimbo 5 z’abahanzi nyarwanda zarebwe cyane ku rubuga rwa youtube kuva 2010 kugeza ubu muri 2023.

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora kumva uri ahantu hatandukanye, Aho bawifashisha nko mu birori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura... Read more »