1000 Hills Event igiye kwongera guhemba abagore bahize abandi mu bihembo bya “Rwanda Women in Business Awards

Ibihembo byiswe “Rwanda Women in Business Awards” bigiye gutangwa ku ncuro ya 3 mu Rwanda, abagore b’indashyikirwa bahize abandi mu kwiteza imbere no guteza imbere ibigo bakorera babishimirwe ku bufatanye bwa 1000... Read more »

Uzabumugabo Virgile, Umuyobozi wa RSA yongeye gutorerwa kuyiyobora

Kuri  iki  cyumweru  tariki ya  26 Gashyantare  2023 nibwo hasojwe  icyumweru cyahariwe  ubuskuti  mu Rwanda ibirori byo kugisoza  byabereye mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Muhanga, kuri stade y’umupira w’amaguru y’Akarere ka... Read more »

TDR 2024 :Musanze Juno kizigenza yongeye kwerekana ko yigaruriye imitima ya benshi

Ni kamwe mu dushya twaranze ibitaramo bya Tour du Rwanda Festival byari bigeze mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru mu ijoro ryo ku wa 22 Gashyantare 2024. Iki gitaramo cyabereye mu... Read more »

Tour du Rwanda Festival abahanzi bataramiye abanyehuye

Ibitaramo bya Tour du Rwanda Festival byatangiriye mu Karere ka Huye aho abakunzi b’umukino w’amagare banyuzwe n’umuziki bacurangiwe n’abahanzi batandukanye bari bitabiriye ku bwinshi. Igitaramo cya mbere cyabereye muri ‘Car Free Zone’... Read more »

Benshi mu rubyiruko bitiranya ibigezweho no guhemuka, Ubutumwa bwa GSB Kiloz mu ndirimbo ye nshya.

Umuhanzi wa Rap Iraguha Lando Fils uzwi cyane nka GSB Kiloz wumvikana cyane muri Old School, Yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yise ‘Ibisekuru’ Acyeburamo Abajeune basigaye bitiranya ibigezweho no guhemukira abantu bacu. Uyu... Read more »

Umuryago w’Abaskuti mu Rwanda watangije icyumweru cyahariwe umuskuti

Kuva kuri uyu wa Gatandatu 17 kugeza 25 Gashyantare 2024, mu Rwanda hari kwizihizwa Icyumweru cyahariwe ubuskuti cyahawe insanganyamatsiko igira iti “MUSKUTI, GIRA URUHARE MU KWIMAKAZA UBUFATANYE BUGAMIJE IMBERE HEZA. Iki gikorwa... Read more »

Luvumbu Nzinga amaze guhagarikwa na ferwafa

Nyuma y’imyitwarire mibi yagaragaje ku mukino ikipe ya Rayons Sports yahuyemo na Police FC, umukinnyi Luvumbu Nzinga ukomoka mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  yahanishijwe guhagarikwa amezi atandatu adakandagira mu... Read more »

Abanyarwandakazi bakomeje umurego wo gukina Pornographie nyuma ya Isimbi ubu hagezweho Liz Ferrari ( Reba video ze)

Nubwo atari izina rizwi cyane mu Rwanda, si rishya mu isi y’imyidagaduro by’umwihariko mu bucuruzi bw’amashusho y’urukozasoni kuri Internet. Niko kazi kamutunze, nyuma yo guhagarika umwuga w’ubuvuzi yakoraga. Uwo nta wundi ni... Read more »

Niyo Bosco,Kenny Sol,Afrique,Danny Vumbi biyongereye mu bahanzi bazataramira abazitabira Tour du Rwanda

Kikac Music  nyuma y’iminsi mike itangaje abahanzi batanu bazitabira ibitaramo bya ‘Tour du Rwanda Festival’, muri  iki gitondo imaze kwemeza abandi bahanzi  bane, bazasusurutsa abakunzi b’umukino w’amagare mu bitaramo bine bizazenguruka Igihugu.... Read more »

Umusore yahagaritse ubukwe ku munsi bwari kuberaho kubera icyo yavumbuye ku mugeni

Umusore wo muri Nigeria yatumye benshi bacika ururondogoro nyuma yo guhagarika ubukwe ku munsi bwari kuberaho kubera ko yavumbuye ko umukobwa yari agiye gushaka yasambanye n’undi musore mu minsi mike yari ishize.... Read more »