Ngiyi impamvu ikomeye yateye Alpha Rwirangira, kwigira mu ndirimbo zo guhimbaza Imana.

Umuhanzi Alpha Rwirangira wamamaye mu ndirimbo zitandukanye yatangaje ko yahisemo gukorera Imana abinyujije mu muziki ndetse atazongera kuririmba indirimbo zaba iz’urukundo cyangwa ubundi butumwa butari ubwo kuramya cyangwa guhimbaza Imana. Uyu muhanzi... Read more »

Kidumu yongeye kwerekana ko abazamusimbura bafite akazi katoroshye. {AMAFOTO}

Kidumu Kibido umaze imyaka akayabo mu muziki yongeye gushimangira ko ari umwe mu bahanzi bafashe imitima y’Abanyarwanda mu buryo bukomeye muri iri joro ryo kuri uyu wa gatanu tariki 23 Kanama 2024.... Read more »

“Iwacu muzika Festival” yagarutse, Abahanzi bagomba kuzenguruka intara z”igihugu bamenyekanye.

Iwacu Muzika isa naho yaje gusimbura no kwibutsa abakunzi ba Muzika irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star yongeye gukaruka ndetse hamaze gutangazwa abahanzi nyarwanda bagomba guserukira abandi muri iri rushanwa. East... Read more »

Umugabo yahanwe bikomeye, Nyuma yo kwishyira muri sisiteme y’abapfuye ahunga indezo.

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umugabo witwa Jesse Kipf wahimbye urupfu rwe kugira ngo adakomeza kwishyura indezo y’umwana we w’umukobwa, yamaze gukatirwa igifungo cy’imyaka 6 muri gereza. Jesse Kipt wo mu... Read more »

Perezida Paul Kagame yongeye gushimangira ko, atazatatira igihango cyo kurinda abanyarwanda.

Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abanyeshuri b’Abanyarwanda bitabiriye amarushanwa y’imibare azwi nka Pan African Mathematics Olympiad (PAMO) abashimira umuhate bagaragaje ndetse avuga ko yifuje guhura nabo kugira ngo abashimire kandi ko azabahora... Read more »

Kidum ufite igitaramo ejo, yamaze kugera i Kigali.

Kidum uri mu bahanzi b’abanyamahanga bamaze gukorera ibitaramo byinshi mu Rwanda, yageze i Kigali aho ategerejwe na benshi mu gitaramo ahafite. Ubwo yageraga mu Rwanda, uyu muhanzi yavuze ko abantu bagomba kwitegura... Read more »

Nyuma y’igihe kinini batacyumvikana, Jennifer Lopez yasabye gutandukana na Ben Affleck.

Jennifer Lopez yasabye gatanya n’umugabo we Ben Affleck, nawe uzwi cyane mu bya filimi, nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye byo muri Amerika n’ahandi bivuga ko wari umwe mu miryango (couples) zizwi cyane kurusha... Read more »

Wa mukobwa w’ikimero wakubaganyije intoki za The Ben, asobanuye uko byagenze.

Kwizera Emelyne uheruka kugaragara mu mashusho afashwe n’umuhanzi The Ben mu mayunguyungu, bikavugisha benshi ndetse bamwe bakavuga ko yamufasheho akarengera akagera aho kumukurura umwenda w’imbere, yabyamaganiye kure, avuga ko atariko byagenze. Uyu... Read more »

NESA yamaze gutangaza itangira ry’umwaka w’amashuri 2024-2025.

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje igihe umwaka w’amashuri 2024-2025 uzatangirira mu rwego rwo gufasha ababyeyi n’abanyeshuri kwitegura neza. Mu itangazo ryasohowe n’Ikigo NESA kuri uyu wa Kabiri tariki 20... Read more »

RDF yohereje izindi ngabo, muri Mozambique {Cabo Delgado}.

Itsinda ry’abasirikare bo mu ngabo z’u Rwanda ndetse n’abapolisi ba Polisi y’Igihugu, kuri uyu wa Kabiri bahagurutse i Kigali berekeza mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique aho bagiye mu bikorwa byo... Read more »