
Igisirikare cya Leta ya RDC aricyo FARDC gifatanyije na FDLR,Abacancuro,Ingabo z’u Burundi na Wazalendo,biravgwa ko basutse intwaro zikomeye i Goma kugira ngo bayirinde gufatwa na M23. Amakuru yagiye hanze kuri uyu wa... Read more »

Imran Khan n’umugore we Bushra Bibi bafunzwe imyaka 14, igihano cya kabiri gihabwa uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Pakisitani mu minsi ibiri. Abashakanye bahamwe n’icyaha cyo kunguka mu buryo butemewe n’impano za... Read more »

Kuri iri cyumweru tari ki ya 03 Ukuboza 2023 nibwo Abahanzi Massamba Intore na Aline Gahongayire basazwe n’ibyishimo byinshi nyuma yo kumenyeshwa ko bagizwe ba Brand Ambassadors ba Gahunda ya “Rwanda My... Read more »

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro ko rwakongera igihe cy’iminsi 30 yo gufungwa by’agateganyo kuri Kazungu Dennis ukurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi bw’abantu bagera kuri 14. Kazungu ntiyageze mu cyumba cy’urukiko, yakoresheje ikoranbuhanga... Read more »

Perezida Paul KAGAME, yavuze kucyo byasabye kugirango hafatwe icyemezo cyo kwemerera sosiyete ya MTN yo muri Afurika y’Epfo gukorera Serivisi zayo mu Rwanda. Ibi Perezida Kagame yabivuze ku mugoroba wo kuri uyu... Read more »

Perezida Joe Biden wakoze uruzinduko muri Islael wageze i Tel-Aviv mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Ukwakira 2023 nyuma y’amasaha make hagabwe igitero ku bitaro bya Gaza cyahitanye abarenga... Read more »

Floyd Mayweather icyamamare mu mukino w’iteramakofe yohereje indege ye muri Israël yuzuyemo ubufasha bw’ibyo kurya, amazi, amakote adatoborwa n’amasasu, n’ibindi bitandukanye byo gufasha abari mu bikorwa by’ubutabazi n’abasirikare bari ku rugamba. Ibi... Read more »

Umuvugizi w’igisirikare cya IDF, Richard Hecht yavuze ko igisirikare cya Isiraheli cyamaze kubaka ibirindiro bikomeye ku mupaka wayo na Gaza, bitegura ibitero by’ahazaza no kurinda bidasubirwaho ubusugire bw’igihugu cyabo. Ubwo twakoraga iyi... Read more »
“Ntituzi ukuntu ibi byashoboye kubaho.” nk’igisubizo cy’Abategetsi bo muri Islael batanze gikomeje kwibazwaho na benshi bazi iki gihugu mu bijyanye na Politike ndetse n’ubutasi bukomeye ku Isi yose. Icyo ni cyo gisubizo... Read more »

Umubyeyi wa Shani Louk wari wahogojwe n’umwana we aziko ari ukubura gusa yababajwe cyane no gusanga Umutwe wa Hamas ariwo wivuganye umukobwa we, Nyuma yo kubona umurambo we wajugunywe mu mihanda. Umubiri... Read more »