
Dosiye iregwamo nyir’akabari kitwa Viga Edelweiss kabyiniragamo inkumi zambaye ubusa buri buri n’uwagacungaga umunsi ku munsi, yashyikirijwe Ubushinjacyaha kugirango bakurikiranwe mu mizi nyuma yo kutishimirwa na benshi. Nyuma yuko abantu batandukanye bagaragaje... Read more »

Umuhanzi wo muri Kenya Bien-Aimé uri i Kigali, yavuze uko yiyumva iyo ari mu Rwanda, ahishura n’inzozi yahoze arota zo gukorana n’umuhanzi wo mu Rwanda, ari nako yavuze imyato Bruce Melodie. Ibi... Read more »

Abaraperi Bull Dogg na Riderman bagaragaje ko Hip Hop ari injyana ya benshi, bitandukanye nuko yashyirwaga mu kato ko ari injyana idasobanutse kuko yitirirwaga ibirara kuruta uko yakwitirirwa abahanzi. Igitaramo cyo kumurika... Read more »

Nyuma y’igihe kinini babisabwa n’abakunzi babo kongera guhurira ku rubyiniro rumwe ndetse bose bari kumwe baririmba indirimbo zabo za cyera bakundiweho, byaraye bibaye impamo mu ijoro ryahise. Nyuma y’iminsi abaraperi Bull Dogg... Read more »

Kidumu Kibido umaze imyaka akayabo mu muziki yongeye gushimangira ko ari umwe mu bahanzi bafashe imitima y’Abanyarwanda mu buryo bukomeye muri iri joro ryo kuri uyu wa gatanu tariki 23 Kanama 2024.... Read more »

Iwacu Muzika isa naho yaje gusimbura no kwibutsa abakunzi ba Muzika irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star yongeye gukaruka ndetse hamaze gutangazwa abahanzi nyarwanda bagomba guserukira abandi muri iri rushanwa. East... Read more »

Kidum uri mu bahanzi b’abanyamahanga bamaze gukorera ibitaramo byinshi mu Rwanda, yageze i Kigali aho ategerejwe na benshi mu gitaramo ahafite. Ubwo yageraga mu Rwanda, uyu muhanzi yavuze ko abantu bagomba kwitegura... Read more »

Jennifer Lopez yasabye gatanya n’umugabo we Ben Affleck, nawe uzwi cyane mu bya filimi, nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye byo muri Amerika n’ahandi bivuga ko wari umwe mu miryango (couples) zizwi cyane kurusha... Read more »

Kwizera Emelyne uheruka kugaragara mu mashusho afashwe n’umuhanzi The Ben mu mayunguyungu, bikavugisha benshi ndetse bamwe bakavuga ko yamufasheho akarengera akagera aho kumukurura umwenda w’imbere, yabyamaganiye kure, avuga ko atariko byagenze. Uyu... Read more »

Umuhanzikazi ukunzwe cyane mu gihugu cya Uganda yatangaje bamwe mu bahanzikazi ba mbere afatiraho ikitegererezo mu buryo bitwara iyo bari ku rubyiniro kugira ngo bashimishe abafana babo, yitsa cyane ku muhanzikazi Winnie... Read more »