Ibitaramo bya “Iwacu Muzika Festival” biratangirira I musanze kuri uyu wa 6.

Ibitaramo bya Iwacu Muzika bisanzwe bisesekaza akanyamuneza mu bakunzi b’umuziki byagarutse n’intego nshya yo gusimbura Primus Guma Guma Super star, byari byarafashe imitima y’abanyarwanda. Ibi bitaramo biratangirira mu ntara y’Uburengerazuba mu karere... Read more »

Ubushinjacyaha bwashyikirijwe Dosiye, iregwamo ka kabari kabyinamo inkumi zambaye ubusa.

Dosiye iregwamo nyir’akabari kitwa Viga Edelweiss kabyiniragamo inkumi zambaye ubusa buri buri n’uwagacungaga umunsi ku munsi, yashyikirijwe Ubushinjacyaha kugirango bakurikiranwe mu mizi nyuma yo kutishimirwa na benshi. Nyuma yuko abantu batandukanye bagaragaje... Read more »

Bien-Aimé wa Sauti Sol, yatangaje uko afata Bruce Melodie nk’umunyempano ihambaye.

Umuhanzi wo muri Kenya Bien-Aimé uri i Kigali, yavuze uko yiyumva iyo ari mu Rwanda, ahishura n’inzozi yahoze arota zo gukorana n’umuhanzi wo mu Rwanda, ari nako yavuze imyato Bruce Melodie. Ibi... Read more »

Bull Dogg na Riderman berekanye ko Hip Hop ari injyana ikunzwe n’ingeri zose, Mu “Cyumba cy’Amategeko Concert”

Abaraperi Bull Dogg na Riderman bagaragaje ko Hip Hop ari injyana ya benshi, bitandukanye nuko yashyirwaga mu kato ko ari injyana idasobanutse kuko yitirirwaga ibirara kuruta uko yakwitirirwa abahanzi. Igitaramo cyo kumurika... Read more »

Mu isura nshya ya Green P, kunamira Jay Polly, Uko Tuff Gang yaserutse muri “Icyumba cy’Amategeko Concert”

Nyuma y’igihe kinini babisabwa n’abakunzi babo kongera guhurira ku rubyiniro rumwe ndetse bose bari kumwe baririmba indirimbo zabo za cyera bakundiweho, byaraye bibaye impamo mu ijoro ryahise. Nyuma y’iminsi abaraperi Bull Dogg... Read more »

Kidumu yongeye kwerekana ko abazamusimbura bafite akazi katoroshye. {AMAFOTO}

Kidumu Kibido umaze imyaka akayabo mu muziki yongeye gushimangira ko ari umwe mu bahanzi bafashe imitima y’Abanyarwanda mu buryo bukomeye muri iri joro ryo kuri uyu wa gatanu tariki 23 Kanama 2024.... Read more »

“Iwacu muzika Festival” yagarutse, Abahanzi bagomba kuzenguruka intara z”igihugu bamenyekanye.

Iwacu Muzika isa naho yaje gusimbura no kwibutsa abakunzi ba Muzika irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star yongeye gukaruka ndetse hamaze gutangazwa abahanzi nyarwanda bagomba guserukira abandi muri iri rushanwa. East... Read more »

Kidum ufite igitaramo ejo, yamaze kugera i Kigali.

Kidum uri mu bahanzi b’abanyamahanga bamaze gukorera ibitaramo byinshi mu Rwanda, yageze i Kigali aho ategerejwe na benshi mu gitaramo ahafite. Ubwo yageraga mu Rwanda, uyu muhanzi yavuze ko abantu bagomba kwitegura... Read more »

Nyuma y’igihe kinini batacyumvikana, Jennifer Lopez yasabye gutandukana na Ben Affleck.

Jennifer Lopez yasabye gatanya n’umugabo we Ben Affleck, nawe uzwi cyane mu bya filimi, nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye byo muri Amerika n’ahandi bivuga ko wari umwe mu miryango (couples) zizwi cyane kurusha... Read more »

Wa mukobwa w’ikimero wakubaganyije intoki za The Ben, asobanuye uko byagenze.

Kwizera Emelyne uheruka kugaragara mu mashusho afashwe n’umuhanzi The Ben mu mayunguyungu, bikavugisha benshi ndetse bamwe bakavuga ko yamufasheho akarengera akagera aho kumukurura umwenda w’imbere, yabyamaganiye kure, avuga ko atariko byagenze. Uyu... Read more »