
Umuryango wa nyakwigendera 2pac Shakur batangaje ko bagiye kwitabaza amategeko mu rwego rwo kumenya neza niba umuraper P. Diddy nta ruhare afite mu rupfu rwa 2pac. Umuryango wa Nyakwigendera 2 pac Shakur... Read more »

Umunyarwandakazi Isimbi Noelline wari mu bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2019, nyuma akaza kuvugwa cyane ku mbuga nkorambaga kubera amafoto yagaragazaga ubwambure bwe. Nyuma yaje gutangaza ko akora filime z’urukozasoni (porno), kuri... Read more »

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 29 Werurwe muri Four Point Hotel nibwo Nemeye Platini uzwi nka Platini P n’abahanzi bazamufasha mu giteramo cye cya mbere akora umuziki wenyise... Read more »

Umukinnyi wa filime John Cena, wamenyekanye mu mikino njyarugamba ya WWE yatunguranye, ajya ku rubyiniro yambaye ubusa, ubwo yari agiye gutangaza uwegukanye igihembo cya ‘Best Costume Design’ mu bihembo bya Oscars 2024.... Read more »

Umuhanzi Nzeyimana Kennedy uzwi nka Kendo wamenyekanye mu ndirimbo nka Turabakumbura ,Keza yakoranye na Racine ni zindi nyinshi zakunze na benshi yashyize hanze amashuso ya Tabasamu ashimira buri wese wamufashije kugira ibashe... Read more »

Umunyamideli kabuhariwe, Kendall Jenner akaba na murumuna wa Kim Kardashian yasubiye mu rukundo n’umukinnyi wa Basketball Devin Booker nyuma y’umwaka umwe bari bamaz batandukanye . Kendall Jenner umunyamideli uri mubinjiza agatubutse... Read more »

Inzu isanzwe ikora ibikorwa bijyanye n’imyidagaduro ya DopeDee Entertainment y’Umunyamakuru akaba n’umudj Diddyman nyuma y’igihe akora ibyo bikorwa yasinyishije umuhanzi kazi Annie Mutoniwase . Annie Mutoniwase ni umunyarwandakazi uririmba indirimbo zo kuramya... Read more »

Umuhanzi Mugani Désiré ukunzwe nka Big Fizzo i Burundi na Edrisah Kenzo Musuuza uzwei Eddy Kenzo w’I bugande bari mu bahanzi bazafasha Platini mu gitaramo ateganya gukorera i Kigali, ku wa 30... Read more »

Dj Alisha ufite inkomoko mu Rwanda, biravugwa ko ari we ntandaro yo gutandukana kwa Zari n’umugabo we Shakib Lutaaya. Zari Hassan uri mu bagore bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga, yahishuye ko yatandukanye... Read more »

Nyuma y’Ibitaramo bya Tour du Rwanda Festival birenga 3 byari bimaze igihe bizenguruka Igihugu bijyana n’irushanwa ry’amagare byasorejwe mu Mujyi wa Kigali mu ijoro ryo ku wa 25 Gashyantare 2024. Ibi bitaramo... Read more »