Riderman yatangaje bamwe mu baraperi, bazagaragara mu gitaramo “Icyumba cy’Amategeko” Album Launch.

Riderman na Bulldog bitegura kumurika album bahuriyemo “Icyumba cy’Amategeko”, batangiye gutangaza abahanzi bazabafasha gususurutsa abakunzi b’umuziki wa Hip hop bazacyitabira. Riderman yatangarije Isibo TV ko iki gitaramo cyahariwe umuziki wa Hip hop... Read more »

P Diddy agiye kwisanga mu nkiko, Nyuma yo gusanga yaragize uruhare, mu rupfu rwa 2 Pac.

Umuryango wa nyakwigendera 2pac Shakur batangaje ko bagiye kwitabaza amategeko mu rwego rwo kumenya neza niba umuraper P. Diddy nta ruhare afite mu rupfu rwa 2pac. Umuryango wa Nyakwigendera 2 pac Shakur... Read more »

Isimbi Yvonne yiyamye Abagabo bamwohereza ubwambure bwabo bagamije ko abaha umwanya.

Umunyarwandakazi Isimbi Noelline wari mu bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2019, nyuma akaza kuvugwa cyane ku mbuga nkorambaga kubera amafoto yagaragazaga ubwambure bwe. Nyuma yaje gutangaza ko akora filime z’urukozasoni (porno), kuri... Read more »

Platini yakomoje ku mubano we na Urban Boys yatumiye mu gitaramo cye

Ku gicamunsi cyo  kuri  uyu wa gatanu tariki ya 29 Werurwe  muri Four Point Hotel  nibwo Nemeye Platini  uzwi nka  Platini P  n’abahanzi  bazamufasha  mu giteramo cye cya mbere akora umuziki wenyise... Read more »

John Cena yagaragaye yambaye ubusa mu bihembo bya Oscars 2024

Umukinnyi wa filime  John Cena, wamenyekanye mu mikino njyarugamba ya  WWE yatunguranye, ajya ku rubyiniro yambaye ubusa, ubwo yari agiye gutangaza uwegukanye igihembo cya ‘Best Costume Design’ mu bihembo bya Oscars 2024.... Read more »

Kendo yashyize hanze amashusho y’indirimbo Tabasamu ayitura abakundana

Umuhanzi  Nzeyimana Kennedy  uzwi nka Kendo  wamenyekanye  mu ndirimbo nka  Turabakumbura ,Keza yakoranye na Racine ni zindi  nyinshi  zakunze na benshi yashyize hanze  amashuso ya  Tabasamu ashimira buri wese  wamufashije kugira ibashe... Read more »

Kendall Jenner na Devin Booker nyuma  y’umwaka batandukanye basubiranye

  Umunyamideli kabuhariwe, Kendall Jenner akaba na  murumuna wa Kim Kardashian yasubiye mu rukundo n’umukinnyi wa Basketball Devin Booker nyuma y’umwaka  umwe  bari bamaz  batandukanye . Kendall Jenner umunyamideli uri mubinjiza agatubutse... Read more »

DJ Diddyman yasinyishije Annie Mutoniwase ukora indirimbo zo kuramya bashyira hanze indirimbo ya mbere

Inzu  isanzwe ikora ibikorwa  bijyanye n’imyidagaduro ya DopeDee Entertainment y’Umunyamakuru akaba n’umudj  Diddyman nyuma y’igihe  akora ibyo bikorwa yasinyishije umuhanzi kazi  Annie  Mutoniwase . Annie Mutoniwase  ni umunyarwandakazi  uririmba indirimbo zo kuramya... Read more »

Platini  yashimangiye ko Big Fizzo na Eddy Kenzo  bazitabira igitarmo cye

Umuhanzi  Mugani Désiré  ukunzwe nka Big Fizzo i Burundi na  Edrisah Kenzo Musuuza uzwei  Eddy Kenzo w’I bugande bari mu bahanzi bazafasha Platini mu gitaramo ateganya gukorera i Kigali, ku wa 30... Read more »

Umunyarwandakazi Dj Alisha biravugwa ko ari we ntandaro yo gutandukana kwa Zari n’umugabo

Dj Alisha ufite inkomoko mu Rwanda, biravugwa ko ari we ntandaro yo gutandukana kwa Zari n’umugabo we Shakib Lutaaya. Zari Hassan uri mu bagore bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga, yahishuye ko yatandukanye... Read more »