Ibirori byo kwakira murumuna wa Bad Rama byitabiriwe n’ibyamamare bikomeye mu Rwanda

Umushoramari washinze inzu ifasha abahanzi mu bya muzika ya The Mane, Mupende Ramadhan [Bad Rama], yakoze ibirori byo kwakira umuvandimwe we Olivier bari baraburanye mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, byitabiriwe n’ibyamamare... Read more »

Burna Boy yanyuze kuri Diamond Plutnmuz mu kurebwa cyane ku rubuga rwa Youtube.

Umuhanzi w’igihangange muri Nigeria ndetse no muri Afurika muri rusange Burna Boy ukunze kwiyita “The Giant of Africa” yongeye kwandika andi mateka mu bahanzi bo muri Afurika yo mu nsi y’ubutayu bwa... Read more »

Urukundo rwa Offset na Cardi B rukomeje kwibazwaho byinshi

Umuryango w’Umuraperi Offset na Cardi B watangiye kuvugwamo urunturuntu, aho uri gukinira ibisa n’imikino y’injangwe n’imbeba ku mbuga nkoranyambaga. Mu ijoro ryo ku Mbere tariki 4 Ukuboza 2023, Cardi B na Offset... Read more »

Zuchu uzaririmba mu gitaramo cyizitabirwa na Kendrik Lamal yageze i Kigali

Umuhanzikazi  Zuchu yamaze guhaguruka muri Tanzania yerekeza i Kigali aho yitabiriye igitaramo azahuriramo n’abarimo umuraperi w’Umunyamerika, Kendrick Lamar. Zuchu yahagurutse iwabo muri Tanzania kuri uyu 4 Ukuboza 2023 mu gihe ategerejwe mu... Read more »

Umunyamakuru wa Umurava.com Christian Mugwaneza yasabye aranakwa umukunzi we Taussi {Amafoto}

Mu birori byasaga neza cyane, MUGWANEZA Christian umunyamakuru, Umuhanzi akanaba umuyobozi wo gutunganya amashusho {Video Director and Editor wamenyekanye cyane ku izina rya Mu Chris yakoze ubukwe bw’agatangaza kuri uyu wa gatandatu... Read more »

Miss Jolly yateye utwatsi abashaka guhanganisha The Ben na Bruce Melodie

Mu minsi  ishize hano mu Rwanda  ku mbuga nkoranyambaga hano mu Rwanda cyangwa a mu binyamakuru  bitandukanye hagiye  havugwa inkuru zihangana  ry’abahanzi Itahiwacu  Bruce  Melodie  na  Mugisha Benjamin  ukunzwe nka  The  Ben ... Read more »

“Flash Light Bar & Resto” ifatanje na “Belo Gang Music” bateguye ikindi gitaramo cya Hip Hop gikomeye.

Nyuma yuko bateguye ibitaramo bitandukanye byagaragayemo abaraperi bakomeye mu Rwanda ndetse bagasanga ko iyo njyana igikunzwe cyane mu bantu, Flash Light Bar & Resto ku bufatanye na “Belo Gang Entertainment” bakomeje izi... Read more »

Niyo Bosco Yasinye muri Kikac Music isanzwe ifasha Bwiza.

Nyuma y’igihe asa n’utagaragara cyane mu muziki, Niyo Bosco, yinjiye muri KIKAC Music isanzwe ibarizwamo Bwiza. Amakuru Kigalihit ifite ni uko Niyo Bosco na KIKAC Music bamaze kwemeranya imikoranire ndetse akaba yamaze... Read more »

The Ben Yakiriwe n’imbaga, Abari biteze umukunzi we Pamella ku kibuga bamubuze.

Icyamamare Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben nawe yasesekaye mu Rwanda akubutse mu gihugu cya Canada aho amaze gukorera igitaramo kimwe na mugenzi we Kenny Sol nawe waraye ageze mu Rwanda mu... Read more »

Bwa mbere yemeje ibyerekeye Umukunzi we, avuga ku ntambara ivugwa hagati ya The Ben na Bruce Melodie.

Umuhanzi Kenny Sol uri mu bahanzi bahiriwe cyane n’umuziki neza ndetse uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda no mu karere ka Afurika y’uburasirazuba yagarutse i Kigali akubutse muri Canada muri gahunda y’Ibitaramo... Read more »