Bull Dogg yihaye intego ihambaye, ku muryango wa Jay Polly umaze imyaka 3 yitabye Imana.

Umuraperi Bull Dogg yihaye intego yo kudatuma umuryango wa mugenzi we Jay Polly babanaga muri Tuff Gang uzima cyangwa ngo wibagiranye ahubwo ugahora unezerewe ndetse uhabwa agaciro ukwiriye. Aya masezerano Bull Dogg... Read more »

Musanze : Abahanzi baranzwe n’udushya ku munsi wa mbere w’ibitaramo bya “MTN Iwacu Muzika Festival”.

Abahanzi barimo Bwiza ndetse na Danny Nanone bari mu bahanzi berekanye udushya cyane mu gitaramo cyabereye i Musanze, ku munsi wa mbere w’ibitaramo “MTN Iwacu Muzika Festival” bigomba kuzenguruka igihugu. Kuri uyu... Read more »

Mu mwambaro w’abacuruza ama unite, Bwiza yahaye ibyishimo abanya Musanze, muri “MTN Iwacu Muzika Feastival”.

Umuhanzikazi Bwiza ari nawe mukobwa yakoze ugakoryo mu gitaramo cyatangije uruhererekane rw’ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival byatangiriye mu karere ka Musanze. Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 31 Kanama 2024, Mu... Read more »

Inoti za 5000 na 2000 zari zisanzweho, zigiye guhindurwa.

Kuri uyu wa gatanu hasohotse iteka rya perezida n° 073/01 ryo ku wa 29/08/2024 rishyiraho inoti nshya ya frw 5.000 n’iya frw 2.000 nk’uko bikubiye mu igazeti ya Leta nomero idasanzwe yo... Read more »

Amashusho Yago yasohoye, avuga ko ari aya Djihad arimo yikinisha yaciye ibintu kuri Twitter. {Amafoto+Videwo}

Umunyamakuru Yago ukomeje kurwana intambara zitoroshye n’abanzi be avuga ko bamurwanya, yamaze kuba ashyira hanze amashusho avuga ko ari ay’umunyamakuru wo kuri Youtube Djihad ari mu ngeso mbi yo kwikinisha. Innocent NYARWAYA... Read more »

Yago yahunze u Rwanda avuga ko ari ukubera ’agatsiko k’abashaka kumuhitana’

Yago Pon Dat yahishuye ko agiye kwimukira mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda ahunze abanzi be n’ababa muri Show biz batigeze bamwishimira ahubwo bahoze bamurwanya ndetse bakanamuhemukira. Umunyamakuru akaba n’umuhanzi Innocent NYARWAYA wamenyekanye... Read more »

Ifoto Marina yashyize hanze ku munsi we w’amavuko, iri gutanga umukoro.

Umuhanzikazi Marina Deborah utaherukaga kuvugwa cyane muri Showbiz nyarwanda, yongeye kugaruka anasigira abanyarwanda umukoro wo kumwibazaho no ku mutekereza mu buryo bishakiye. Uyu muhanzi nyuma y’iminsi micye asohoye indirimbo ye nshya yise... Read more »

Ibitaramo bya “Iwacu Muzika Festival” biratangirira I musanze kuri uyu wa 6.

Ibitaramo bya Iwacu Muzika bisanzwe bisesekaza akanyamuneza mu bakunzi b’umuziki byagarutse n’intego nshya yo gusimbura Primus Guma Guma Super star, byari byarafashe imitima y’abanyarwanda. Ibi bitaramo biratangirira mu ntara y’Uburengerazuba mu karere... Read more »

Amavubi yitezweho byinshi n’abanyarwanda, yamaze gutangira umwiherero wo gutegura imikino afite.

Ikipe y’iguhugu y’u Rwanda, Amavubi yitezweho byinshi n’abanyarwanda cyane ko yerekanye ko yivuguruye, yamaze gutangira umwiherero ugamije kwitegura neza imikino afite na Libya ndetse na Nigeria. Amavubi yagerageje kwitwara neza mikino ibanza... Read more »

Hatangajwe uko abiga mu mashuri yisumbuye, bazasubira ku mashuri.

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA rwatangaje ko abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye bose bazatangira kujya ku mashuri tariki ya 6 Nzeri 2024. Inzego z’uburezi mu Rwanda ziherutse gutangaza ko umwaka... Read more »