NESA yamaze gutangaza itangira ry’umwaka w’amashuri 2024-2025.

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje igihe umwaka w’amashuri 2024-2025 uzatangirira mu rwego rwo gufasha ababyeyi n’abanyeshuri kwitegura neza. Mu itangazo ryasohowe n’Ikigo NESA kuri uyu wa Kabiri tariki 20... Read more »

Kayibanda Aurore wabaye Miss Rwanda 2012, yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi Gatera Jacques.

Kayibanda Mtesi Aurore wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2012, Yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Gatera Jacques bamaranye igihe kinini bakundana. Kuri uyu wa 15 Kanama 2024, nibwo Miss Aurore Kayibanda... Read more »

Abasirikare 100 barinda abayobozi bakuru basije imyitozo ihambaye bahabwaga n’ingabo za Qatar.

Abasirikare 100 bo mu ngabo z’u Rwanda {RDF – Military Police} basoje imyitozo y’umwihariko ibafasha mu kazi kabo ko kurinda Abayobozi bakuru ku bufatanye na Qatat hamwe na RDF. Iyi myitozo yasojwe... Read more »

Umuhanga mu gutunganya Sounds mu Rwanda agiye gukora ubukwe n’umu Diaspora (Amafoto)

Ravi Umaze imyaka myinshi mu mwuga wo guhuza no gutunganya ibyuma by’umuziki mu Rwanda agiye gukora ubukwe n’umukunzi we w’umudiaspora, Nyuma y’imyaka itari micye bari mu munyenga w’urukundo. Innocent NSHIZIMPUMU uzwi cyane... Read more »

Element ashyize umucyo ku bibazo bye na 1:55 AM, byerekeranye n’indirimbo “Sikosa”

Umuhanzi akanaba utunganya umuziki {Producer} Element Eleeh yatangaje ko nta mpungenge abantu bakwiye kugira ko indirimbo yabo nshya yitwa “Sikosa” yaba itagisohotse nkuko byavuzwe mu itangazamakuru. Element yatangaje ibi nyuma yuko hakomeje... Read more »

The Ben yatanze gasopo ko arambiwe ibibazo n’amakimbirane biri mu muziki nyarwanda.

The Ben udakunzi kuvuga byinshi mu itangazamakuru no mu gihe bagenzi be bamuvuzeho bamushoraho intambara, yagaragaje amarangamutima ye ko arambiwe umwanda uri muri muzika nyarwanda. Mugisha Benjamins uzwi nka The Ben yatangaje... Read more »

Riderman yatangaje bamwe mu baraperi, bazagaragara mu gitaramo “Icyumba cy’Amategeko” Album Launch.

Riderman na Bulldog bitegura kumurika album bahuriyemo “Icyumba cy’Amategeko”, batangiye gutangaza abahanzi bazabafasha gususurutsa abakunzi b’umuziki wa Hip hop bazacyitabira. Riderman yatangarije Isibo TV ko iki gitaramo cyahariwe umuziki wa Hip hop... Read more »

Ese koko gutwitira undi {Surrogacy} byaba byamaze kwemerwa mu Rwanda?

Uburyo bwo kuba umuntu yatwitira undi bizwi nka ’Surrogacy’ bwamamaye mu bihugu byateye imbere, bwifashishwa n’abagore bafite ibibazo bitandukanye bituma badashobora gusama cyangwa gutwita inda ngo umwana azashobore kuvuka ari muzima, ubu... Read more »

Nyarugenge : Ikamyo yagonze umunyonzi, Umugenzi yari atwaye ahasiga ubuzima.

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 3 Kanama 2024, Nyabugogo habereye impanuka ikomeye yahitanye umugenzi umwe wari utwawe ku igare. Imodoka yo mu bwoko bwa Howo yavaga Gitikinyoni yerekeza Nyabugogo, igeze ku... Read more »

Mu muziki mwinshi, Dj Brianne, Bushali n’abandi batanze ibyishimo muri “Rayon Day”.

Mu birori bibereye Ijisho “Rayon Day” yagenze neza ndetse abakunzi ba Rayon Sports bataha batabishaka, Nyuma yo guhatwa umuziki n’abarimo Bushali uri mu bahanzi nyarwanda bakunzwe cyane muri iyi minsi. Ni ibirori... Read more »