Nyuma y’uko Perezida w’Amerika Joe Biden avuze ko yumva afite icyizere cy’agahenge mu ntambara yo muri Gaza, Hamas yo ivuga ko igikomeje ibikorwa byo guhangana na Israel. Biden yavuze ko ngo agahenge... Read more »
Mussa Shija na Hollo Shija bo muri Tanzania bakatiwe imyaka 20 muri gereza bazira kubana nk’umugore n’umugabo kandi bazi neza ko ari abavandimwe. Urukiko rw’akarere ka Maswa mu ntara ya Simiyu muri... Read more »
Nyuma yo guterana amagambo, abavandimwe b’impanga Peter na Paul, bari bagize itsinda rya P-Square, biyunze nyuma y’umubano utari mwiza umaze iminsi hagati yabo watumye itsinda ryabo risenyuka. Byavuzwe hashingiwe ku ifoto aba... Read more »
Umuririmbyi Islael MBONYI uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda yakiriwe nk’igikomangoma mu gihugu cya Kenya aho yagiye muri gahunda z’ibitaramo. Mu rukerera rwo kuri uyu wa 14 Kanama 2024... Read more »
Muri Kenya hagiye gushyirwaho umusoro w’injangwe ku bazitunze bose ndetse nazo zikajya zibanza kwandikishwa mu irangamimerere y’umuryango, mbere yo kuzitunga mu rugo. Kugeza ubu abatuye i Nairobi mu gihugu cya Kenya basanzwe... Read more »
Nyuma y’iminsi mike igeze mu Rwanda, indwara y’Ubushita bw’Inkende cyangwa se Monkeypox, yamaze kugaragara muri Kenya na Centrafrique, ibikomeje kuzamura impungenge ku muvuduko w’ikwirakwira ryayo, ndetse hakibazwa ku bushobozi bw’ibihugu bya Afurika... Read more »
Umuryango wa nyakwigendera 2pac Shakur batangaje ko bagiye kwitabaza amategeko mu rwego rwo kumenya neza niba umuraper P. Diddy nta ruhare afite mu rupfu rwa 2pac. Umuryango wa Nyakwigendera 2 pac Shakur... Read more »
Ibiganiro hagati y’abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga b’ibihugu byombi u Rwanda na Congo byashimangiye ko hari ikizere ku gucyemura ibibazo by’umutekano hagati y’ibihugu byombi. Kuri uyu wa Kabiri, tariki 30 Nyakanga 2024 i Luanda... Read more »
Abasirikare icyenda bo muri Afurika y’Epfo birukanywe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu Kwakira umwaka ushize bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya no guhohotera (SEA) bahanaguweho icyaha ariko bahamwa n’icyaha cyo kurenga... Read more »
Abanya-Uganda biganjemo urubyiruko mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Nyakanga 2024 batangiye imyigaragambyo mu bice bitandukanye by’Umurwa Mukuru, Kampala. Abateguye iyi myigarambyo bari bateganyije ko bayitangirira ku cyicaro cy’ikigo cy’igihugu gishinzwe... Read more »