
Perezida Joe Biden wakoze uruzinduko muri Islael wageze i Tel-Aviv mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Ukwakira 2023 nyuma y’amasaha make hagabwe igitero ku bitaro bya Gaza cyahitanye abarenga... Read more »

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahuye n’itsinda rya LG Corporation riyobowe n’umuyobozi mukuru Kwang Mo Koo baganira ku bibazo bimwe na bimwe by’ubucuruzi bishingiye ku ikoranabuhanga. Iyi nama yabaye ku... Read more »

Umuhanzikazi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mugihugu cya Kenya, Nicah The Queen akomeje kuvugisha benshi kubera imyambarire ye abenshi bahamyako itandukanye n’iy’abakozi b’Imana. Uyu muramyi uri mubagezweho mu mujyi wa... Read more »

Umuziki umaze gukiza benshi by’umwihariko wagize abaherwe abakora injyana ya Rap/Hip Hop benshi bafata nk’injana y’ibirara cyangwa abayikora ugasanga bafatwa ukundi kuntu gutandukanye n’abakora izindi njyana. Injyana ya Rap mu muziki yatangiye... Read more »

Umubiligi Eden Hazard wabaye umwataka mwiza wa Real Madrid, Chelsea yo mu bwongereza n’izindi yahisemo kudasaza yanduranya maze amanika inkweto ye yakinanaga mu kibuga ahagarika umupira w’amaguru ku myaka 32 y’amavuko. Uwahoze... Read more »

Umuvugizi w’igisirikare cya IDF, Richard Hecht yavuze ko igisirikare cya Isiraheli cyamaze kubaka ibirindiro bikomeye ku mupaka wayo na Gaza, bitegura ibitero by’ahazaza no kurinda bidasubirwaho ubusugire bw’igihugu cyabo. Ubwo twakoraga iyi... Read more »

Igihugu cya Arabiya Sawudite cyashyikirije ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku isi FIFA, Ibaruwa yemewe isaba kwakira igikombe cy’Isi cya 2034 giherutse kubera muri Qatar. Iki gihugu cy’Ibwami cyatangaje bwa mbere ikifuzo cyo kwakira... Read more »
“Ntituzi ukuntu ibi byashoboye kubaho.” nk’igisubizo cy’Abategetsi bo muri Islael batanze gikomeje kwibazwaho na benshi bazi iki gihugu mu bijyanye na Politike ndetse n’ubutasi bukomeye ku Isi yose. Icyo ni cyo gisubizo... Read more »

Umubyeyi wa Shani Louk wari wahogojwe n’umwana we aziko ari ukubura gusa yababajwe cyane no gusanga Umutwe wa Hamas ariwo wivuganye umukobwa we, Nyuma yo kubona umurambo we wajugunywe mu mihanda. Umubiri... Read more »

Leta ya Palesitine yatangaje ko byibuze abantu bayo basaga 198, Aribo bishwe abandi barenga 1.000 bagakomerekera mu myigaragambyo y’igitero cyagabwe n’indege za gisirikare muri Isiraheli mu ntara ya Gaza. Iyi myigaragambyo yatangijwe... Read more »