Kenya: Umwuzure wishe abagera kuri 15, wimura Ibihumbi.

Umuryango wa Croix-Rouge muri iki gihugu cya Kenya uvuga ko muri NAIROBI, KENYA Imvura nyinshi yivanze n’umuyaga mwinshi byavuyemo umwuzure uherutse guhitana abantu 15 muri ndetse n’abandi ibihumbi n’ibihumbi bakimurwa mu byabo.... Read more »

Perezida Joe Biden yemeje ko ashyigikiye Israël mu ntambara, Nyuma y’uruzinduko rwe i Tel-Aviv.

Perezida Joe Biden wakoze uruzinduko muri Islael wageze i Tel-Aviv mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Ukwakira 2023 nyuma y’amasaha make hagabwe igitero ku bitaro bya Gaza cyahitanye abarenga... Read more »

Perezida Kagame, yaganiriye n’itsinda rya LG Corporation riyobowe Kwang Mo Koo ku ikoranabuhanga.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahuye n’itsinda rya LG Corporation riyobowe n’umuyobozi mukuru Kwang Mo Koo baganira ku bibazo bimwe na bimwe by’ubucuruzi bishingiye ku ikoranabuhanga. Iyi nama yabaye ku... Read more »

Umuririmbyi w’indirimbo zihimbaza Imana yiyemeje kujya yambara imyambaro ikurura abagabo kuko yabonye bashiturwa n’imiterere y’ibibuno by’abagore(Amafoto)

Umuhanzikazi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mugihugu cya Kenya, Nicah The Queen akomeje kuvugisha benshi kubera imyambarire ye abenshi bahamyako itandukanye n’iy’abakozi b’Imana. Uyu muramyi uri mubagezweho mu mujyi wa... Read more »

Forbes Magazine yashyize Jay Z kumwanya wa mbere mu baraperi 10 bakize ku Isi mu 2023 Reba urutonde hano

Umuziki umaze gukiza benshi by’umwihariko wagize abaherwe abakora injyana ya Rap/Hip Hop benshi bafata nk’injana y’ibirara cyangwa abayikora ugasanga bafatwa ukundi kuntu gutandukanye n’abakora izindi njyana. Injyana ya Rap mu muziki yatangiye... Read more »

Eden Hazard yasezeye burundu kuri Ruhago ku myaka 32.

Umubiligi Eden Hazard wabaye umwataka mwiza wa Real Madrid, Chelsea yo mu bwongereza n’izindi yahisemo kudasaza yanduranya maze amanika inkweto ye yakinanaga mu kibuga ahagarika umupira w’amaguru ku myaka 32 y’amavuko. Uwahoze... Read more »

Mu burakari buhambaye, Islael ishaka kurimbura Gaza burundu. Batayo zapanuye hose.

Umuvugizi w’igisirikare cya IDF, Richard Hecht yavuze ko igisirikare cya Isiraheli cyamaze kubaka ibirindiro bikomeye ku mupaka wayo na Gaza, bitegura ibitero by’ahazaza no kurinda bidasubirwaho ubusugire bw’igihugu cyabo. Ubwo twakoraga iyi... Read more »

Saudi Arabia yasabye kuzakira igikombe cy’Isi cya 2034.

Igihugu cya Arabiya Sawudite cyashyikirije ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku isi FIFA, Ibaruwa yemewe isaba kwakira igikombe cy’Isi cya 2034 giherutse kubera muri Qatar. Iki gihugu cy’Ibwami cyatangaje bwa mbere ikifuzo cyo kwakira... Read more »

Ni gute Ubutasi n’ubwirinzi bukomeye bya Israel, byananiwe kuburizamo ibitero by’umutwe wa Hamas?

“Ntituzi ukuntu ibi byashoboye kubaho.” nk’igisubizo cy’Abategetsi bo muri Islael batanze gikomeje kwibazwaho na benshi bazi iki gihugu mu bijyanye na Politike ndetse n’ubutasi bukomeye ku Isi yose. Icyo ni cyo gisubizo... Read more »

Islael: Amarira ni menshi ku babyeyi ba Shani Louk, Wakataguwemo ibice na “Hamas” akajugunywa mu muhanda. {Video}

Umubyeyi wa Shani Louk wari wahogojwe n’umwana we aziko ari ukubura gusa yababajwe cyane no gusanga Umutwe wa Hamas ariwo wivuganye umukobwa we, Nyuma yo kubona umurambo we wajugunywe mu mihanda. Umubiri... Read more »