Hatangajwe uko abiga mu mashuri yisumbuye, bazasubira ku mashuri.

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA rwatangaje ko abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye bose bazatangira kujya ku mashuri tariki ya 6 Nzeri 2024. Inzego z’uburezi mu Rwanda ziherutse gutangaza ko umwaka... Read more »

Mu mboni za Manager Muyoboke Alex, Ngiki ikintu gifasha kwihutisha ubwamamare bwa Islael Mbonyi.

Muyoboke Alex ufasha abahanzi mu bikorwa bitandukanye, yavuze amabanga ane (4) Israel Mbonyi agendana atuma akomeza kuba umuhanzi ukunzwe mu Rwanda no mu Mahanga, aho yemeza ko ikinyabupfura ari cyo cyiza ku... Read more »

Bull Dogg na Riderman berekanye ko Hip Hop ari injyana ikunzwe n’ingeri zose, Mu “Cyumba cy’Amategeko Concert”

Abaraperi Bull Dogg na Riderman bagaragaje ko Hip Hop ari injyana ya benshi, bitandukanye nuko yashyirwaga mu kato ko ari injyana idasobanutse kuko yitirirwaga ibirara kuruta uko yakwitirirwa abahanzi. Igitaramo cyo kumurika... Read more »

Mu isura nshya ya Green P, kunamira Jay Polly, Uko Tuff Gang yaserutse muri “Icyumba cy’Amategeko Concert”

Nyuma y’igihe kinini babisabwa n’abakunzi babo kongera guhurira ku rubyiniro rumwe ndetse bose bari kumwe baririmba indirimbo zabo za cyera bakundiweho, byaraye bibaye impamo mu ijoro ryahise. Nyuma y’iminsi abaraperi Bull Dogg... Read more »

Ngiyi impamvu ikomeye yateye Alpha Rwirangira, kwigira mu ndirimbo zo guhimbaza Imana.

Umuhanzi Alpha Rwirangira wamamaye mu ndirimbo zitandukanye yatangaje ko yahisemo gukorera Imana abinyujije mu muziki ndetse atazongera kuririmba indirimbo zaba iz’urukundo cyangwa ubundi butumwa butari ubwo kuramya cyangwa guhimbaza Imana. Uyu muhanzi... Read more »

Kidumu yongeye kwerekana ko abazamusimbura bafite akazi katoroshye. {AMAFOTO}

Kidumu Kibido umaze imyaka akayabo mu muziki yongeye gushimangira ko ari umwe mu bahanzi bafashe imitima y’Abanyarwanda mu buryo bukomeye muri iri joro ryo kuri uyu wa gatanu tariki 23 Kanama 2024.... Read more »

“Iwacu muzika Festival” yagarutse, Abahanzi bagomba kuzenguruka intara z”igihugu bamenyekanye.

Iwacu Muzika isa naho yaje gusimbura no kwibutsa abakunzi ba Muzika irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star yongeye gukaruka ndetse hamaze gutangazwa abahanzi nyarwanda bagomba guserukira abandi muri iri rushanwa. East... Read more »

Umugabo yahanwe bikomeye, Nyuma yo kwishyira muri sisiteme y’abapfuye ahunga indezo.

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umugabo witwa Jesse Kipf wahimbye urupfu rwe kugira ngo adakomeza kwishyura indezo y’umwana we w’umukobwa, yamaze gukatirwa igifungo cy’imyaka 6 muri gereza. Jesse Kipt wo mu... Read more »

Perezida Paul Kagame yongeye gushimangira ko, atazatatira igihango cyo kurinda abanyarwanda.

Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abanyeshuri b’Abanyarwanda bitabiriye amarushanwa y’imibare azwi nka Pan African Mathematics Olympiad (PAMO) abashimira umuhate bagaragaje ndetse avuga ko yifuje guhura nabo kugira ngo abashimire kandi ko azabahora... Read more »

Kidum ufite igitaramo ejo, yamaze kugera i Kigali.

Kidum uri mu bahanzi b’abanyamahanga bamaze gukorera ibitaramo byinshi mu Rwanda, yageze i Kigali aho ategerejwe na benshi mu gitaramo ahafite. Ubwo yageraga mu Rwanda, uyu muhanzi yavuze ko abantu bagomba kwitegura... Read more »