Nyuma y’igihe kinini batacyumvikana, Jennifer Lopez yasabye gutandukana na Ben Affleck.

Jennifer Lopez yasabye gatanya n’umugabo we Ben Affleck, nawe uzwi cyane mu bya filimi, nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye byo muri Amerika n’ahandi bivuga ko wari umwe mu miryango (couples) zizwi cyane kurusha... Read more »

Wa mukobwa w’ikimero wakubaganyije intoki za The Ben, asobanuye uko byagenze.

Kwizera Emelyne uheruka kugaragara mu mashusho afashwe n’umuhanzi The Ben mu mayunguyungu, bikavugisha benshi ndetse bamwe bakavuga ko yamufasheho akarengera akagera aho kumukurura umwenda w’imbere, yabyamaganiye kure, avuga ko atariko byagenze. Uyu... Read more »

NESA yamaze gutangaza itangira ry’umwaka w’amashuri 2024-2025.

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje igihe umwaka w’amashuri 2024-2025 uzatangirira mu rwego rwo gufasha ababyeyi n’abanyeshuri kwitegura neza. Mu itangazo ryasohowe n’Ikigo NESA kuri uyu wa Kabiri tariki 20... Read more »

RDF yohereje izindi ngabo, muri Mozambique {Cabo Delgado}.

Itsinda ry’abasirikare bo mu ngabo z’u Rwanda ndetse n’abapolisi ba Polisi y’Igihugu, kuri uyu wa Kabiri bahagurutse i Kigali berekeza mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique aho bagiye mu bikorwa byo... Read more »

Menya amateka ya Hetty Greene, wakuriye mu ikariso imwe, kugeza apfuye.

Mu gihe bavuga ko Yesu ari we wakuriye mu ikazu imwe, hari inkuru itangaje y’umugore w’umuherwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika warinze asazira mu ikariso imwe kubera gukunda amafaranga. Mu gihe... Read more »

Dore ibice bizirana cyane n’imibavu, wowe utazi

Abantu benshi muri iki gihe cyane cyane igitsina gore, usanga mbere y’uko bava mu rugo babanza kwitera imibavu kugira ngo bagende bahumura neza mu bandi. Gusa ku rundi ruhande nubwo ari byiza... Read more »

Hamas yongeye kwihebesha abateganyaga agahenge k’umutekano n’intambara.

Nyuma y’uko Perezida w’Amerika Joe Biden avuze ko yumva afite icyizere cy’agahenge mu ntambara yo muri Gaza, Hamas yo ivuga ko igikomeje ibikorwa byo guhangana na Israel. Biden yavuze ko ngo agahenge... Read more »

Amajyaruguru : Insengero zigera kuri 55 zishobora zigiye gusenywa.

Mu Ntara y’Amajyaruguru haravugwa insengero 55 zigiye gusenywa kubera kutuzuza ibisabwa, nk’uko bigaragara ku rutonde rwamaze gusohoka rukomeje kugaragara ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye. Mu Karere ka Rulindo, niho hagaragara umubare minini w’insengero... Read more »

Sheebah yahishuye abahanzikazi bagenzi be yuhabaha kandi afatiraho ikitegererezo.

Umuhanzikazi ukunzwe cyane mu gihugu cya Uganda yatangaje bamwe mu bahanzikazi ba mbere afatiraho ikitegererezo mu buryo bitwara iyo bari ku rubyiniro kugira ngo bashimishe abafana babo, yitsa cyane ku muhanzikazi Winnie... Read more »

Nyuma yo kwibanira nk’umugore n’umugabo bava inda imwe, bakatiwe imyaka 20.

Mussa Shija na Hollo Shija bo muri Tanzania bakatiwe imyaka 20 muri gereza bazira kubana nk’umugore n’umugabo kandi bazi neza ko ari abavandimwe. Urukiko rw’akarere ka Maswa mu ntara ya Simiyu muri... Read more »