
Umuhanzi Rugamba Yverry [Yverry] yashyize ahagaragara amashusho y’indirimbo ye nshya “Njyenyine” yakoranye na Butera Knowless. Ibaye indirimbo ya mbere aba bombi bakoranye nyuma y’igihe buri umwe ari mu muziki. Yverry yaherukaga gusohora... Read more »

Ubuyobozi bwa Shalom Choir yo mu Itorero ADEPR bwatangaje ko kwinjira byagizwe ubuntu mu gitaramo kigamije kwigisha abantu ko nta muntu uruhura uretse Yesu Kristo. Perezida wa Shalom Choir Ngendahimana Gaspard irimo... Read more »

Jean de Dieu Harerimana, uzwi mu muziki nka JDK, wamamaye mu ndirimbo yise “Hinga Kinyamwuga”, arakataje mu ndirimbo z’urukundo aho yamaze gushyira hanze iya kabiri yise “Special Night”. Indirimbo “Special Night” ya... Read more »

Amakuru yigurwa ry’iyi filimi yatangajwe ku wa, Kane tariki 7 Nzeri 2023 mu muhango wo gutangaza filimi nshya Canal + yitegura gushyira hanze mu minsi iri mbere. Iyi filimi iri mu zikunzwe... Read more »

Prince Kid yasabye anakwa Iradukunda Elsa wabaye Miss Rwanda mu 2017 Ubu bukwe uwabwita ineza yiturwa indi ntiyaba abeshye Ni ibirori byari bitegerezanyijwe amatsiko na benshi dore ko inkuru y’urukundo rwa Iradukunda... Read more »

Umunyarwandakazi witwa Rugambwa Isimbi Sylivine usanzwe akora akazi ko kwerekana imideli yashyize amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga biteza ibitekerezo mpaka kuri ayo mafoto kuko uyu mukobwa yagaragaje ko ayo mafoto yayafotowe n’umufotozi... Read more »

Abahanzi barangajwe imbere n’abanya-Nigeria Davido na Savage, Umunya- Afurika y’Epfo Tayla ndetse na Bruce Melodie bashimishije abitabiriye igitaramo cyo gusoza Iserukiramuco rya ‘Giants of Africa Festival’ ryaberaga mu Rwanda. Ni mu gitaramo... Read more »

Umubyeyi w’umuhanzi Mugisha Benjamin wamenyekanye cyane nka The Ben mu muziki nyarwanda na Green P, yitabye Imana azize uburwayi muri iri joro ryo kuwa gatanu tariki ya 18 Kanama 2023. Umubyeyi ubyara... Read more »

Kuri uyu wa gatanu, Perezida Paul Kagame yakiriye umuhanzi wo muri Nigeria Davido, ugomba gutaramira abanyarwanda mu iserukiramuco rya ‘Giants Of Africa} kuri uyu gatandatu, mu biro bye {Village Urugwiro} Kuri uyu... Read more »

Umuryango we, abahanzi bagenzi be, inshuti ze babanye, ababyeyi, abafana, abo mu nzego zinyuranye n’abakunze ibihangano bye n’abandi bahuriye mu muhango wo kwibuka no kuzirikana ubuzima buzima bwaranze umunyamuziki Yvan Buravan umaze... Read more »