Hamas yongeye kwihebesha abateganyaga agahenge k’umutekano n’intambara.

Nyuma y’uko Perezida w’Amerika Joe Biden avuze ko yumva afite icyizere cy’agahenge mu ntambara yo muri Gaza, Hamas yo ivuga ko igikomeje ibikorwa byo guhangana na Israel. Biden yavuze ko ngo agahenge... Read more »

Amajyaruguru : Insengero zigera kuri 55 zishobora zigiye gusenywa.

Mu Ntara y’Amajyaruguru haravugwa insengero 55 zigiye gusenywa kubera kutuzuza ibisabwa, nk’uko bigaragara ku rutonde rwamaze gusohoka rukomeje kugaragara ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye. Mu Karere ka Rulindo, niho hagaragara umubare minini w’insengero... Read more »

Sheebah yahishuye abahanzikazi bagenzi be yuhabaha kandi afatiraho ikitegererezo.

Umuhanzikazi ukunzwe cyane mu gihugu cya Uganda yatangaje bamwe mu bahanzikazi ba mbere afatiraho ikitegererezo mu buryo bitwara iyo bari ku rubyiniro kugira ngo bashimishe abafana babo, yitsa cyane ku muhanzikazi Winnie... Read more »

Nyuma yo kwibanira nk’umugore n’umugabo bava inda imwe, bakatiwe imyaka 20.

Mussa Shija na Hollo Shija bo muri Tanzania bakatiwe imyaka 20 muri gereza bazira kubana nk’umugore n’umugabo kandi bazi neza ko ari abavandimwe. Urukiko rw’akarere ka Maswa mu ntara ya Simiyu muri... Read more »

Kayibanda Aurore wabaye Miss Rwanda 2012, yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi Gatera Jacques.

Kayibanda Mtesi Aurore wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2012, Yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we Gatera Jacques bamaranye igihe kinini bakundana. Kuri uyu wa 15 Kanama 2024, nibwo Miss Aurore Kayibanda... Read more »

Dutemberane kwa Kabebe mu mugi wa Kigali, Akabari abakobwa babyina bambaye ubusa bakinyaza imbere y’abakiriya.

Biragoye kubyiyumvisha no kwemera ko ari ibintu biriho kandi biganje, ariko Kigali yabaye amahanga. Ibyo usoma muri iyi nkuru, si ukwamamaza, ni uko akariho kavugwa! Byari mu masaha y’umugoroba ahagana i Saa... Read more »

Abasirikare 100 barinda abayobozi bakuru basije imyitozo ihambaye bahabwaga n’ingabo za Qatar.

Abasirikare 100 bo mu ngabo z’u Rwanda {RDF – Military Police} basoje imyitozo y’umwihariko ibafasha mu kazi kabo ko kurinda Abayobozi bakuru ku bufatanye na Qatat hamwe na RDF. Iyi myitozo yasojwe... Read more »

Umuhanga mu gutunganya Sounds mu Rwanda agiye gukora ubukwe n’umu Diaspora (Amafoto)

Ravi Umaze imyaka myinshi mu mwuga wo guhuza no gutunganya ibyuma by’umuziki mu Rwanda agiye gukora ubukwe n’umukunzi we w’umudiaspora, Nyuma y’imyaka itari micye bari mu munyenga w’urukundo. Innocent NSHIZIMPUMU uzwi cyane... Read more »

Amashirakinyoma, Ese koko Peter na Paul ba P-Square baba biyunze. Igaruka rya P.Square yakanyujijeho.

Nyuma yo guterana amagambo, abavandimwe b’impanga Peter na Paul, bari bagize itsinda rya P-Square, biyunze nyuma y’umubano utari mwiza umaze iminsi hagati yabo watumye itsinda ryabo risenyuka. Byavuzwe hashingiwe ku ifoto aba... Read more »

Sheebah yageze i Kigali, udushya twitezwe muri “The Keza Camp Out Experience 1st Edition’’.

Umuhanzikazi Sheebah Karungi wo muri Uganda witezwe gutaramira abanyakigali kuri uyu wa gatandatu, yamaze gusesekara I Kigali ndetse n’itsinda ry’abahanzi nyarwanda n’ababyinnyi ririteguye. Sheebah Karungi ategerejwe mu gitaramo cyiswe “The Keza Camp... Read more »