
Leta ya Palesitine yatangaje ko byibuze abantu bayo basaga 198, Aribo bishwe abandi barenga 1.000 bagakomerekera mu myigaragambyo y’igitero cyagabwe n’indege za gisirikare muri Isiraheli mu ntara ya Gaza. Iyi myigaragambyo yatangijwe... Read more »

Umuhanzi w’icyamamare witwa Nimbona Jean Peirre uvuka mu gihugu cy’abaturanyi uzwi ku mazina y’ubuhanzi nka ‘Kidum Kibido’ yakoze agashya abasha gukora mu nganzo ashyira hanze indirimbo y’amajwi n’amashusho ayita “Wa Motema”. Iyi... Read more »

Igisirikare cy’u Burundi cyagize icyo kivuga nyuma y’iminsi Ingabo zacyo zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo zishinjwa kurenga ku nshingano zazijyanye zikabogamira kuri Guverinoma ya Kinshasa. Mu itangazo ry’Ubuyobozi... Read more »

Umuyobozi wa Sena y’Amerika Chuck Schumer yageze mu Bushinwa aho yahuye n’umuyobozi w’ishyaka rya gikomunisiti rya Shanghai Chen Jining. Biteganijwe kandi ko azahura na Perezida Xi Pinjing, nyuma akazakomereza urugendo rwe muri... Read more »

Mu mukino w’ikirarane cy’Umunsi wa Kane wa Shampiyona wabereye kuri Stade Umuganda. Muri uyu mukino abafana ba Rayon Sports bari biteze ko ikipe yabo ibahoza amarira yabateye isezererwa mu mikino ya CAF... Read more »

Umuhanzi w’umunyamerika wamamaye cyane mu ndirimbo zitandukanye ku Isi yose, yamaze gushyira ku musozo imirimo yo gucukura imva ye azashyingurwamo mu gihe azaba atakirimo umwuka w’Abazima. Umuhanzi wakunzwe cyane, Sheeran we ubwe yitangarije ko... Read more »

Mu karere ka Kicukiro, i Masaka huzuye inyubako nziza cyane izakora serivisi z’ubushakashatsi ndetse ndetse n’amahugurwa ku ndwara yugarije abantu ya Kanseri. Igikorwa cyo gufungura no gutaha iyi nyubako nshya cyabaye kuri... Read more »

Ubwoba bukomeje kuba bwinshi cyane, ku mugabo warwaye ikibyimba ku Kibuno akaba anamaze gutakaza cyane ibiro, Afite impungenge ko yazabana nacyo ubuziraherezo. Uyu mugabo ufite ibibyimba byinshi ku bice by’umubiri we, Cyane... Read more »

Umudamu wo muri Gana yahaye umugabo uwo ari we wese ku Isi, Ushaka kumurongora amafaranga ya y’amanyegana angana na GHc25.000 mu cyumweru ariko akagomba kuba yujuje ibisabwa bishakwa n’uyu mudamu. Uyu mudamu... Read more »

Abagore benshi bakunze kugerageza imbaraga z’umubano barimo, Kugirango bamenye neza niba mugenzi wabo, Ari mu bwoko bw’Abasore cyangwa Abagabo bifuzaga ndetse baha agaciro, Ahanini banashaka kumenya imico yabo, no gusuzuma uburyo bitondera... Read more »