
Umuhanzi Eddy Kenzo kuri uyu wa mbere w’iki cyumweru yagiranye yagiranye ibiganiro byihariye na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Eddy Kenzo wari ufite akanyamuneza mu nyandiko ye, yabwiye abamukurikira... Read more »

Shaggy na Bruce Melodie baherutse gukorana indirimbo bise ’When she is around’ bahuye imbonankubone nyuma y’igihe bavugana kuri telefone ariko batarabonana amaso ku yandi. Aba bahanzi bahuriye muri Leta Zunze Ubumwe za... Read more »

Umuhanzi Juno Kizigenza umwe mu bakunzwe cyane kuri uyu munsi nibwo yizihije isabukuru y’amavuko. Uyu muhanzi abinyujije ku mbuga ze nkoranyambaga yatangaje yatangaje ko yagize isabukuru. Nyuma yo gutangaza ibyo umuhanzikazi Ariel... Read more »

Umuhanzi akaba n’umwe mu nkingi za mwamba mu muziki wa Gakondo Massamba Intore yafashe rutemikirere yerekeza mu gihugu cya Canada aho azaririmba mu Ihuriro ry’urubyiruko rw’abanyarwanda ryiswe “ The @023 Rwanda Youth... Read more »

Umuhanzi Moses Ssali uzwi nka Bebe Cool ni mu bahanzi bakomeye muri gihugu cya Uganda ndetse na hano mu karere ari mu Rwanda aho yaje mu bikorwa bye bwite . Amakuru atugeraho... Read more »

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane muri camp Kigali ahasanzwe habera ibitaramo bya Gen-Z comedy itegurwa n’umunyarwenya Fally Merci Abanyarwanda bongeye kwereka Titi Brown urukundo rwo mu rwego rwo hejuru bamurundaho... Read more »

Imbuga nkoranyambaga zagiye zorohereza abantu batandukanye kumenyekanisha ibikorwa byabo, ugereranije n’imyaka yatambutse aho byari bigoye ko abantu bamenya buri kimwe muburyo bworoshye, nk’amakuru, imiziki, filime, n’ibicuruzwa ku masoko, ibi byose rerro ni... Read more »

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho bawifashisha nko mubirori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura, ku maradiyo,... Read more »

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho bawifashisha nko mubirori, ubukwe, mu nsengero, mu tubyiniro, mu gushyingura, ku maradiyo,... Read more »

Ndayishimiye Bertrand wamamaye nka Bull Dogg nk’umuraperi muri Tuff Gangs yongeye kubyutsa urukundo ruri mu bakunzi b’iyi njyana ya Hip Hop, Nyuma yo kurengwa n’urukundo bamweretse mu gitaramo yakoreye ahitwa Flash Light... Read more »