Alaphat entertainment yateguye irushanwa ry’abaririmba Karaoke

Nyuma  y’uko  uruganda  rwo  mu Rwanda  mu myidagaduro rukomeje gutera imbere  amarushanwa y’abahanzi akomeje  kuba menshi kuri  iyi nshuro mu Rwanda hagiye  kuba irushanwa rihuriza  hamwe  abaririmba karaoke . Iri  rushanwa ryiswe ... Read more »

Ariel wayz yateye umutoma Juno kizigenza ku isabukuru ye y’amavuko

Umuhanzi Juno Kizigenza umwe mu bakunzwe cyane kuri uyu munsi nibwo yizihije isabukuru y’amavuko. Uyu muhanzi abinyujije ku mbuga ze nkoranyambaga yatangaje yatangaje ko yagize isabukuru. Nyuma yo gutangaza ibyo umuhanzikazi Ariel... Read more »

Umuramyi Nomthie Sibisi yatumiwe mu gitaramo God First cyateguwe na Drups Band

Itsinda  rya  Drups  band ni rimwe mu matsinda amaze kumenyekana   mu Rwanda mu  yaririmba indirimbo zo kuramya  nyuma y’igitaramo cya mbere bakoze  mu mwaka wa 2022,bateguye  ikindi gitaramo bise  “God First Edition... Read more »

Massamba yitabiriye ihuriro rizahuza urubyiruko rw’abanyarwanda muri Canada

Umuhanzi akaba n’umwe mu nkingi za mwamba mu  muziki wa Gakondo  Massamba Intore  yafashe rutemikirere yerekeza  mu gihugu cya Canada aho  azaririmba  mu  Ihuriro ry’urubyiruko rw’abanyarwanda  ryiswe  “ The  @023  Rwanda  Youth... Read more »

Umuhanzi Bebe Cool  yaje I Kigali

Umuhanzi Moses Ssali uzwi nka  Bebe  Cool ni  mu bahanzi  bakomeye  muri gihugu cya  Uganda ndetse na hano mu karere  ari  mu Rwanda  aho yaje mu bikorwa  bye bwite . Amakuru  atugeraho... Read more »

Imodoka  ya  Lewis Hamlton yakoresheje muri  2013 yagurishijwe miliyari 18 z’amanyarwanda

Imodoka ya Mercedes Benz yakinishijwe n’Umwongereza Lewis Hamilton mu masiganwa y’imodoka nto ya Formula 1 yakoze amateka yo kugurishwa miliyoni 18.8 $. Lewis Hamilton ni umwe mu bakinnyi ba Formula 1 bamaze... Read more »

Chorale  Christus Regnat yakoze igitaramo cy’amateka benshi bataha banyuzwe (Amafoto)

Ku mugoroba wo  kuri iki cyumweri tariki ya  19 Ugushyingo  2023  nibwo  mu ihema rinini ryo muri Kigali Conference and Exhibition Village (KCEV).habereye igitaramo cya  Chorale Christus  bise“I Bweranganzo Concert”  cyahembuye Imitima... Read more »

Inyubako zo  muri  Gare  ya   Musanze  zibasiwe  n’inkongi  y’Umuriro

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki  ya 20 Ugushyingo  2023  ahagana I saa  tatu n’igice  nibwo imwe  mu nyubako yo mu kigo abagenzi bategeramo imodoka cyo  mu mujyi wa Musanze ... Read more »

Rosalynn Carter umugore wa Jimmy Carter wabaye Perezida wa USA yitabye Imana

Rosalynn Carter, umugore wa Jimmy Carter wabaye Perezida wa 39 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yitabye Imana ku myaka 96. Amakuru y’urupfu rwa Rosalynn Carter yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu... Read more »

Gen-z Comedy: Abanyarwanda bongeye kwereka Titi Brown, urukundo rwo ku rwego rwo hejuru.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane muri camp Kigali ahasanzwe habera ibitaramo bya Gen-Z comedy itegurwa n’umunyarwenya Fally Merci Abanyarwanda bongeye kwereka Titi Brown urukundo rwo mu rwego rwo hejuru bamurundaho... Read more »