Nyuma y’uko uruganda rwo mu Rwanda mu myidagaduro rukomeje gutera imbere amarushanwa y’abahanzi akomeje kuba menshi kuri iyi nshuro mu Rwanda hagiye kuba irushanwa rihuriza hamwe abaririmba karaoke . Iri rushanwa ryiswe ... Read more »
Umuhanzi Juno Kizigenza umwe mu bakunzwe cyane kuri uyu munsi nibwo yizihije isabukuru y’amavuko. Uyu muhanzi abinyujije ku mbuga ze nkoranyambaga yatangaje yatangaje ko yagize isabukuru. Nyuma yo gutangaza ibyo umuhanzikazi Ariel... Read more »
Itsinda rya Drups band ni rimwe mu matsinda amaze kumenyekana mu Rwanda mu yaririmba indirimbo zo kuramya nyuma y’igitaramo cya mbere bakoze mu mwaka wa 2022,bateguye ikindi gitaramo bise “God First Edition... Read more »
Umuhanzi akaba n’umwe mu nkingi za mwamba mu muziki wa Gakondo Massamba Intore yafashe rutemikirere yerekeza mu gihugu cya Canada aho azaririmba mu Ihuriro ry’urubyiruko rw’abanyarwanda ryiswe “ The @023 Rwanda Youth... Read more »
Umuhanzi Moses Ssali uzwi nka Bebe Cool ni mu bahanzi bakomeye muri gihugu cya Uganda ndetse na hano mu karere ari mu Rwanda aho yaje mu bikorwa bye bwite . Amakuru atugeraho... Read more »
Imodoka ya Mercedes Benz yakinishijwe n’Umwongereza Lewis Hamilton mu masiganwa y’imodoka nto ya Formula 1 yakoze amateka yo kugurishwa miliyoni 18.8 $. Lewis Hamilton ni umwe mu bakinnyi ba Formula 1 bamaze... Read more »
Ku mugoroba wo kuri iki cyumweri tariki ya 19 Ugushyingo 2023 nibwo mu ihema rinini ryo muri Kigali Conference and Exhibition Village (KCEV).habereye igitaramo cya Chorale Christus bise“I Bweranganzo Concert” cyahembuye Imitima... Read more »
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Ugushyingo 2023 ahagana I saa tatu n’igice nibwo imwe mu nyubako yo mu kigo abagenzi bategeramo imodoka cyo mu mujyi wa Musanze ... Read more »
Rosalynn Carter, umugore wa Jimmy Carter wabaye Perezida wa 39 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yitabye Imana ku myaka 96. Amakuru y’urupfu rwa Rosalynn Carter yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu... Read more »
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane muri camp Kigali ahasanzwe habera ibitaramo bya Gen-Z comedy itegurwa n’umunyarwenya Fally Merci Abanyarwanda bongeye kwereka Titi Brown urukundo rwo mu rwego rwo hejuru bamurundaho... Read more »